• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Major Mpakanyi Nzovu, Yamaze Kwitandukanya Nigisirikare Cya Leta Ya RDC.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wumwofisiye Major Nzovu Mpakanyi, yamaze kwitandukanya n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31.05.2023, saa 7:20am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nimuriki gitondo cokuwagatatu, byamaze kumenyekana ko umwe mubasirikare bakomeye mugisirikare ca Fardc Major Nzovu Mpakanyi, ko yamaze kwitandukanya n’Ingabo za leta ya Kinshasa (FARDC).

Major Nzovu Mpakanyi, yakoreraga mugace ka Shambunda ho muri Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, ingabo ze akabarizo zari mumashamba ahanye imbibi nishamba rinini rya Walungu, akaba yaraba mungabo za Sous Scteur.

Nzovu, numwe mubasirikare binjiye Igisirikare igihe bakunze kwita ngo nicasongambere ubwo nimuri Afdl, ahagana mumwaka wa 1996, akaba yarakoreye kosi mugace ka Gako homugihugu cigituranyi na Republika ya Demokarasi ya Congo.

Uyumusirikare byamaze kumenyekana ko yiyunze ningabo za M23. Nimugihe harihamaze igihe kitari kinini Colonel Oscar Ndabagaza nawe yitandukanije ningabo za FARDC, nawe wagiye hari haheruka kugenda Col Byinshi Moïse Gakunzi.

Ubwo Col Oscar Ndabagaza, yitandukanije ningabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), munama yumutekano muri Kivu yamajy’Epfo habaye kubazanya iyo Ndabagaza yoba yarerekeje nimugihe haribihuha byavugako yoba yarerekeje mumisozi ya Rurambo gusa mugihe gito yahise yiyerekana arimo akora Ikiganiro nabanyamakuru mubice bigenzurwa na M23 Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare benshi mungabo za FARDC bakomeje kwitandukanya nayo kuva izingabo zikimara kwiyunga nimitwe yitwaje Intwaro irimo FDLR, Nyatura ndetse na Mai Mai, iyimitwe ikaba ishinjwa kwibasira abo mubwoko bwa Tutsi dore ko ibi na Colonel Ndabagaza yabibwiye itangaza makuru ubwo yaramaze kwitandukanya n’Ingabo za FARDC, aha yaramaze kugera muri M23.

Nzovu agiye mugihe Kandi Igisikare cya RDC gikomeje gutabaza no kwandika inzandiko zigaragaza ko umujyi wa goma wugarijwe kuburyo isaha n’isaha waba wigaruriwe n’umutwe wa M23.

Mu gihe bamwe mu basesenguzi bakomeje kugaragaza ko uyu mujyi waba igisubizo cya M23 mu kumvisha Leta ko uhari kandi ukeneye ibiganiro .AbandI bo babona igisubizo mugihe haba kwigenga kwa Kivu .

Tags: Major Nzovu MpakanyiShabundaYitandukanije na Fardc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Gushimuta Abantu Muri Fizi Homuri Kivu Yamajy'Epfo, Byongeye Gufata Indi Ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?