• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Major Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu by’agisirikare yahamije ko Col Ruhinda yapfuye mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Ruhinda Gaby wo mw’itsinda ry’abarwanyi barwanira aho byananiranye mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR byamenyekanye ko yaguye mu mirwano yo ku Cyumweru, imirwano ingabo za RDC zihanganyemo na M23,

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ruhinda yarazwi mu basirikare ba komeye kuva mbere mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya leta y’u Rwanda, izina rye ryakavukire ni Protogene Ruvugayimikorere.

Ay’amakuru yanemejwe n’u muvugizi wa M23 mu by’agisirikare Major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Col Ruhinda nibyo yaguye mu mirwano n’ubwo leta ya Kinshasa ikomeje kubigira ubwiru ariko nibyo rwose yarapfuye.”

Yakomeje avuga ko Ruhinda ubwo yaramaze kuraswa arapfa ko hari mugihe c’isaha icenda zu mugoroba w’ejo tariki 03/12/2023, ko kandi harabandi bapfuye mugihe bazaga kurwanirira umurambo we.

Colonel Ruhinda, yarasanzwe ayoboye umutwe wa FDLR na Wazalendo mubice bya Masisi na Rutchuru aho yicaga no kunyaga Inka zabo mu bwoko bw’Abatutsi.

Uyu Colonel Gaby Ruhinda, yarasanzwe afite inshingano zibiri zikomeye mu mutwe wa FDLR, niwe warukuriye iperereza na operasiyo (Opperation).

Gusa Ruhinda ari mubarwanyi bagiye bafatirwa ibihano n’u muryango w’Abibumbye(L’ONI).

Impuguke zu muryango w’Abibumbye zishinzwe gukurikirana ibijanye n’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo, muri rapport ziheruka gutanga zagaragaje ibibi bye birimo kwica gufata kungufu ndetse nokugirana imikoranire yahafi n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Isoko yacu dukesha ay’amakuru n’uko Col Ruhinda akimara kuraswa umubiri we wajanwe mu bitaro bya Heal Africa biherereye mu mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Col Ruhinda Gaby wa FDLR yapfuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

I Masisi haramukiye intambara ikomeye yongeye guhesha M23 gufata ibindi bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?