
Umurimbyi Manzi Olivier, umuririmbyi uririmba Indirimbo zihayagiza intwari z’Imulenge na Masisi, yabazaniye indirimbi nshya.
Manzi Olivier, avuka mumisozi miremire y’Imulenge ho muburasirazuba bwa RDC, Kivu y’Epfo, akaba yaraheruka gusohora indirimbo ivuga ubutwari bwa Twirwaneho, ariko kurinone yatuzaniye ivuga nintwari zivuka muri Masisi dore ko abavuka muri Kivu y’Epfo bafitanye amasano yabugufi nabavuka muri Kivu y’Amajyaruguru.
Mundirimbo ye nsha yagize ati: “Simpamagara nkutagira abiwabo, nsimpamagara nkutagira abamwumva.”
Muriyo Ndirimbo haraho yavuze ba “Moredekayi”, ahaniho umunyamakuru wa MCN, yahereyeko imusabisha kuhasobanura maze
Manzi Olivier, abwira MCN, ati:”Aho naririmbye ngo ba morodekayi b’Imulenge n’Imasisi navugaga Abanyamulenge nab’Anyamasisi, bakiri muburetwa bwa leta ya Kinshasa, mbabwira kuzavayo bagasanga ababo bahetse Isezerano kugirango bafatanye kwigarurira ubwami bikure muburetwa bwa Farao cg abiyita wazalendo.”
Manzi yasozaga indirimbo atabaza akabwira abakiri kure kuza maze bakaziba icuho, maze ashimira intwari z’Imulenge harimo Gen Makenga Sultan, Mboneza ndetse aza nokuvugamo Intwari Col Makanika ndetse nabandi.





