Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2024
in Regional Politics
0
Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni ahagana ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 30/06/2024, ubwo RDC yizihizaga umunsi w’ubwigenge ku nshuro ya 64, Fayulu umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, yavuze ko atumva ukuntu Tshisekedi akora ingendo ninshi mu mahanga ariko ntasure Abaturage bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ubwo yafataga ijambo, Martin Fayulu yagize ati: “Mu kwirengagiza bikabije ibyo akwiye kwibandaho, bwana Félix Tshisekedi yahisemo kwikorera siporo aja mu bihugu by’amahanga. Akora ingendo zidafite umumaro hirya no hino ku Isi. Yanze kuja muri Beni, Butembo, Goma, Mugwalu n’ahandi.”

Yanavuze kandi ko uyu muperezida akomeje gucamo Abanyakongo mo ibice, yifashije amoko, kandi ko ari gutekereza guhindura itegeko nshinga kugira ngo agume ku butegetsi, nyamara ngo ntibizamuhira.

Ati: “Kuri we, kugira ngo agere ku mugambi we, yanyura hejuru y’imibiri amamiliyoni y’Abanyekongo bajya mu mihanda ku mufungira inzira.”

Martin Fayulu yagaragaje ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gukandamiza Abanyakongo batavuga rumwe nabwo. Hano yatanze urugero ku ‘bafungiwe ubusa ‘ kandi bazira politiki barimo Jean-Marc Kabundi, Muke Mukebanyi,Gloria Sengha, Robert Bunda na bandi.

                 MCN.
Tags: Ikintu gikomeyeMartin FayuluTshisekediYaburiye Abanye-kongo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Akaryo gake k’Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

Akaryo gake k'Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?