• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in Regional Politics
0
Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Martin Fayulu yaburiye Abanye-kongo ikintu gikomeye, muri iki gihe bugarijwe n’intambara.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 30/06/2024, ubwo RDC yizihizaga umunsi w’ubwigenge ku nshuro ya 64, Fayulu umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, yavuze ko atumva ukuntu Tshisekedi akora ingendo ninshi mu mahanga ariko ntasure Abaturage bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ubwo yafataga ijambo, Martin Fayulu yagize ati: “Mu kwirengagiza bikabije ibyo akwiye kwibandaho, bwana Félix Tshisekedi yahisemo kwikorera siporo aja mu bihugu by’amahanga. Akora ingendo zidafite umumaro hirya no hino ku Isi. Yanze kuja muri Beni, Butembo, Goma, Mugwalu n’ahandi.”

Yanavuze kandi ko uyu muperezida akomeje gucamo Abanyakongo mo ibice, yifashije amoko, kandi ko ari gutekereza guhindura itegeko nshinga kugira ngo agume ku butegetsi, nyamara ngo ntibizamuhira.

Ati: “Kuri we, kugira ngo agere ku mugambi we, yanyura hejuru y’imibiri amamiliyoni y’Abanyekongo bajya mu mihanda ku mufungira inzira.”

Martin Fayulu yagaragaje ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gukandamiza Abanyakongo batavuga rumwe nabwo. Hano yatanze urugero ku ‘bafungiwe ubusa ‘ kandi bazira politiki barimo Jean-Marc Kabundi, Muke Mukebanyi,Gloria Sengha, Robert Bunda na bandi.

                 MCN.
Tags: Ikintu gikomeyeMartin FayuluTshisekediYaburiye Abanye-kongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Akaryo gake k’Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

Akaryo gake k'Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?