• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Martin Fayulu yatangaje ko muri RDC habaye Coup d’etat mu mwaka wa 2018.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Martin Fayulu uravuga rumwe nubutegetsi bwa Kinshasa yavuze ko muri RDC habaye ihirika ubutegetsi mu mwaka wa 2018.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 10:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Democrasi ya Congo, RDC, yatangaje ko mu mwaka wa 2018 muri iki gihugu habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwari bugiye kujyayo hashingiwe ku Itegekonshinga.

Ibi yabitangaje ubwo yagaragazaga ko ashyigikiye ko Mohamed Bazoum wakuwe ku butegetsi n’abasirikare tariki ya 26/07/ 2023 yabusubiraho, mu rwego rwo kubahiriza ibiteganywa n’Itegekonshinga.

Fayulu ati: “Mu gihe muri Niger twibaza ku buryo hasubiraho gahunda y’Itegekonshinga nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryakozwe n’abasirikare, muri RDC turibaza ku buryo twakwirinda indi coup d’état y’Itegekonshinga nyuma y’iyabaye mu 2018. Kwica itegekonshinga ni intandaro y’umutekano muke muri Afrika.”

Uyu munyapoliti ni umwe mu bakandida batatu bari bahataniye umwanya wa Perezida wa RDC mu mwaka wa 2018.hari kandi na Félix Tshisekedi uyoboye iki gihugu na Emmanuel Ramazani Shadary wari uhagarariye ishyaka PPRD rya Joseph Kabila.

Komisiyo y’amatora ya RDC yatangaje ko Tshisekedi yagize amajwi 38.56%, Fayulu agira 34.82%, Shadary agira 23.83%, gusa Fayulu yatangaje ko iyo atibwa amajwi, aba ari we watsinze, akayobora iki gihugu.

Ibyo kuba Fayulu “yaribwe amajwi” si we gusa wabivuze kuko hari n’amahanga yabigaragaje mu marenga, muri uyu mwaka wa 2023 biza gushimangirwa na Corneille Nangaa wayoboraga komisiyo y’amatora icyo gihe, akaba ari na we watangaje intsinzi ya Tshisekedi.

Kwibwa amajwi kwa Fayulu ni ko yise guhirika ubutegetsi yari yahawe n’abaturage bamutoye ku bwinshi. Ni na byo asaba ko bitazasubira mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka wa 2023, aho byitezwe ko azaba ari umwe mu bakandida bakomeye bazaba bahatanye.

Tags: Coup d'ÉtatMartin FayuluMumwaka wa 2018Rdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Komisiyo yamatora mu Ntara ya Kivu yamajy'Epfo, yatanze Gahunda ijanye na bashaka gutanga kandidatire kumwanya w'ubudepite.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?