• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2025
in Religion
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

You might also like

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Astro Sharmish, umuhanuzi w’Imana wo mu gihugu cy’u Buhinde, byatangajwe ko yari amaze igihe ahanuye ibyago bizaba muri iki gihugu bijyanye n’impanuka y’indege, kandi ahamya ko bizaba muri uyu mwaka wa 2025.

Ni amakuru akomeje gutangazwa ku mbugankoranyambaga zitandukanye, aho avuga ko uyu muhanuzi ko yari yarahanuye ko mu 2025 hazaba ibyago bijyanye n’ihanuka ry’indege.

Biranavugwa ko mu cyumweru gishize, yongeye kwibutsa abantu ko ibyo yari yarahanuye bishobora kuba mu minsi mike iri mbere.

Ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 12/06/2025, ni bwo rero indege ya Air India yo mu bwoko bwa Boing 787 Dreamliner yakoze impanuka ikomeye.

Iyi ndege ikaba yarivanye abangenzi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ahmedabad cyo mu Buhinde, ibajyanye i Londre mu Bwongereza, nyuma y’iminota mike ihagurutse ihita ikora iriya mpanuka.

Air India yaritwaye abantu 243, barimo abo mu bihugu by’u Burayi 53, Abahinde 159, Abanyapolitigal 7, Umunya-Canada 1, n’abana 11 barimo impinja 2. Ubundi kandi yarimo n’abakozi b’iyi sosiyete y’indege ya Air India 12.

Igitangaje umuntu umwe gusa ni we warokotse iyi mpanuka ni mu gihe yasimbutse mu idirishya nyuma yuko yari amaze kubona ko byakomeye.

Inzego z’ubutabazi zatangaje ko hamaze kuboneka imibiri 204 y’abahitanwe n’iyi mpanuka, ariko ko bagikomeje gushakisha indi myinshi ikibuze.

Tags: AhmedabadAir IndiaAstro SharmishImpanukaUmuhanuzi
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails

RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

RDC:Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe. Amani ministries iyobowe na Bishop Faustin Rwakabuba, yahurije Abanye-Congo bo mu moko atandukanye mu giterane kigamije kubigisha "kubana bose mu mahoro...

Read moreDetails

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye. Abantu benshi burya buri munsi bararota, abandi nabo bibwira ko batarota ariko sibyo, bararota ahubwo...

Read moreDetails

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails
Next Post
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?