• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya Amateka Ya Gumino Nyirizina Yo Mumwaka Wa 2005.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Waruzi Amateka ya Gumino, yo mumwaka wa 2005,2006 kugeza 2011.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 30.04.2023. Saa 6:22 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Gumino nyirizina yatangijwe nabasirikare bab’Anyamulenge bari mungabo za leta ya Kinshasa (Fardc ), ubwo hari Mukwezi kwagatanu(5)/ 2005.

Menya invonimvano yo kurema Gumino.

Ingabo za FARDC zari Kubwegera, zakoreraga muri Bataillon ya Captain Munyamahoro Donat, muricyo gihe haje kuza Colonel ukomoka Bandundu, ategeka Captain Munyamahoro, gushira abasirikarebe kuri Foreni, nyuma yuko Foreni ikozwe, uwo Colonel tutabashe kumenya Izina wakomoka Bandundu, yabwiye abasirikare bose ko bagomba kuja muri Brassage, ahitwa Murubilizi.

Bakiraho Kuri Foreni bahise bategeka ba Komanda babanziriza abandi kuja muri Brassage ahitwa Murubilizi, Komanda wambere ni Mwungura Efraïm, Gakundanyi na Venant.

Komanda Efraïm, yasabye ijambo agira ati: “Ibyo ntitwabikora twitangiye iki gihugu kugira turinde ababyeyi bacyu, ikindi Kandi ibyo Masunzu yapfuye na Mutebutsi, harimo ibi byokuja kure yaba byeyi [Ubwo yavugaga kuva Sud Kivu], njewe ubwanjye nabaye kure ya Sud Kivu, Sinzasubirayo.”

Nyuma yirijambo rya Komanda Efraïm Mwungura, abasirikare bose Babanyamulenge baraho bose bahise bafata Inzira bazamuka imisozi miremire yimulenge ho muri Teritware ya Uvira muri Kivu Yepfo.

Izingabo zikizamuka bageze ahitwa Rubanga, bahageze batinda ho buke bakomereza Mugifuni, aha naho bahatinzeho buke baza gukomeza kugenda Indondo yose yibupfurero bahuruka Kumurambya, ho muri Groupement ya Bijombo.

Kumurambya, ahaniho izingabo zashingiye Ubuyobozi bwambere bwa Gumino, ya 2005-

Dore uko babyunvikanyeho mugihe bari bakoze Ibiganiro byambere byaje kubyara Izina Gumino, bagize bati: “Ntabwo tuguma kugenda tudafite ubuyobozi.”

Ibi babyumvikanyeho bose, maze baricara bagabura ubuyobozi.

Uwitwa Gakundanyi, niwe wambere wahawe kuyobora Gumino, ubwo hari Mukwezi kwa 05/2005, yungirijwe na Venant naho Efraïm Mwungura, niwe wabaye S3, wicyo gikundi.

Abandi bahawe kuyobora Kompanyi, mubazihawe harimo uwitwa Rugazura.

Iki gikundi cyatangije Gumino, nyuma yogushinga Ubuyobozi bahisemo kumanuka bava Indondo ya Bijombo berekeza Muchohagati chaza Rwerera, bageze ahitwa Mumikenke, bafata Pleton yarihari yuwitwa Serukiza Paul.

Iyi Preton barayitwaye yose yemera gukorana nabo, bongera gusubira Indondo ya Bijombo, bahitira ahitwa Nyakirango.

Aha Kuri Nyakirango, harikibira Cyitwa “Bugonyora” ahaniho bashize ibirindiro byabo bikuru, aharero niho Gumino nyirizina yashinze ibirindiro byabo byamateka byambere.

Nyuma yigihe kitari kinini, amakuru atangira gusakara ko haje Abasirikare bitwa Gumino, bakiraho muricyo Kibira nibwo ingabo zambutse ziva i Rwanda ziyobowe na Col Venant Bisogo, abasirikare Col Bisogo, yambukanye bari mirongwine nabarindwi( 47), akaba arinaryo zina bakomeje kwitwa (Quarante-Sept).

Igikundi cya Gumino cyaje guhura na 47, bakorana Ikiganiro gusa ntabwo bigeze bunvikana bitewe nintambara ya 2002.

Abasirikare bakuru bari muri 47, harimo Colonel Venant Bisogo, Col Mukarayi, Col Rugazura Alexis, Col Gafirita ndetse na Major Rutambwe nabandi.

Igikundi cya 47,baratambuka baja gushinga ibirindiro byabo ahitwa Mukomombo, naho Gumino nyirizina bakomeza kwibera mwishamba rya Bugonyora.

Col Makanika Rukunda Michel na Major Nkumbuyinka, muricyo gihe nibwo baje gusanga izingabo za Gumino nyirizina, Ikiganiro cyabahuje cyabereye Kumurambya, ubwo bari bavuye Uvira bamaze kwitandukanya n’Ingabo za FARDC.

Gusa Col Makanika na Major Nkumbuyinka, bitandukanye na FARDC mugihe Lt Gen Masunzu Waruyoboye Province ya Sud Kivu, kurasa Quarante-Sept yariyobowe na Col Venant Bisogo.

Gumino nyirizina, yaje gukomera mugihe Quarante-Sept yarimaze kwivanga na Gumino barema igikundi bagiha iryo zina rya Gumino izina rya Quarante-Sept rirashira.

Gumino iyoborwa na Col Venant Bisogo, yungirizwa na Col Michel Rukunda Makanika.

Iminsi icanamo Gumino iza gushira mugihe bari bamaze kwiyunga na leta ya Kinshasa icogihe yariyobowe na Président Joseph Kabira.

Tuzabaha igicye cyakbiri ubutaha.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Bayern Munich Yatsinze Ibitego Bibiri Kuri Zéro Itsinda Hertha Berlin.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?