• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya Amateka Yumusirikare Wingwanyi, Brigadier General Yusufu Gitamisi Mboneza.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Brigadier General, Mboneza Gitamisi Yusufu, umusirikare wingwanyi uzwi kurasa adahusha, umusirikare uzwiho Komandema kurwego kabuhariwe.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Gen Gitamisi, yavutse mumwaka wa 1964, avukira muri Rubaya ho muri Teritware ya Masisi muntara ya Kivu yamajyaruguru ho muri Congo Kinshasa.

Gen Mboneza, akiri umwana muto ababyeyi be baje kuva muri Teritware ya Masisi, baza kwimukira muri Teritware ya Rutshuru gusa aha muri Rutshuru ntibahatinze kuko baje kongera kugaruka basubira kwitongo ryabo ho muri Masisi mugace kari ruguru yaza Rubaya.

Afite imyaka 27, nibwo yinjiye Igisirikare c’Inkotanyi, ubwo hari mumwaka wa 1991, akaba yarinjiriye mugihugu ca Uganda mugace kitwa Nakivale.

Ikosi yayikoze igihe kingana namezi icumi nabiri, baza kurangiza irishuri mumwaka wa 1992. Intambara yokubuhoza u Rwanda, Gen Mboneza, yarayirwanye bivugwa ko iyintambara yayitwayemo neza kugeza batsinze ingabo za President Juvenal Habyarimana.

Mumwaka wa 1996, Gen Mboneza Gitamisi, ari mubasirikare batabaye Abanyecongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, muri Zaïre. Mumwaka wa 198, arinabwo intambara ya RCD itangiye, ubwo Gen Gitamisi, yari umuyobozi mungabo za RCD, akaba yarayoboye ico bita Platoon.

Ahagana mumwaka wa 2006, ubwo yaramaze kuja muri CNDP, yahawe abasirikare 57, maze ba mwohereza muri Rutshuru kuja kurwanya uwitwa Segasikira, wari muri Teritware ya Rutshuru aha hari brigade zibiri zabanzi ba CNDP, izi brigade kwarizibiri, Gen Mboneza yarazirwanyije arazitsinda, amaze gutsinda uru rugamba yahise ahabwa kuyobora Batayo.

Iyi Batayo yaje guhabwa Izina ngo ni “Alpha Force Mobile,” muri 2007, Mboneza yoherejwe muri Groupement ya Tongo, aha muri Tongo Mboneza yaje gukora agatendo akoresheje Inkoni, nimugihe umwanzi yaramwegereje, Mboneza, arwanisha inkoni yica abanzi be bari bahanganye ubwo ndetse aza no gufata Groupement ya Tongo.

Tariki 23.03.2009, umutwe wa CNDP, winjiye muri Leta ya Kinshasa, icogihe Joseph Kabira, niwe wari Président, muricogihe Mboneza, yahawe Ipeti rya Lt Colonel, ahabwa kuyobora 212 ème brigade, muri Walikare.

Mukwezi kwa 08/2010, Mboneza, yaje gufungwa, amaze kwinjizwa Gereza, abasirikare bavuka Imasisi baje kumufunguza bakoresheje ingufu za gisirikare, nimugihe bahise bazenguruka iyo Gereza bamukuramo kwisasu, nyuma yaho yaje kwerekeza mumajy’Epfo ya Kivu, gusa aha ntiyahatinze kuko leta yahise imusaba kuja muri Beni.

Gen Mboneza ageze i Beni ho muburasirazuba bwa Congo Kinshasa, Igisirikare c’iki gihugu bahise bamuheza i peti rya Colonel Full, ahabwa nokuyobora Regiment ya 808.

Mukwezi Kwa karindwi(7), umwaka wa 2012, Président Joseph Kabira, y’irukanye abasirikare bakuru 14, muraba Mboneza yarabarimo harimo kandi Gen Sultan Makenga, Gen Maheshi Byamungu ndetse na Gen Bosco Ntaganda.

Tariki 13.01.2023, Mboneza Gitamisi Yusufu, umutwe wagisirikare wa M23, wamugiriye icyizere ahabwa Ipeti rya Brigadier General hamwe na mugenzi we Maheshi Byamungu.

Gen Mboneza Gitamisi Yusufu, niwe number ya Kabiri(2), muri M23 akaba yungirije General Sultan Makenga.

Umusirikare wingwanyi uzwi kurasa adahusha, akabazwiho Kandi ubuhanga bwokuyobora Kurugamba.

Ayamateka twayahawe numwe mubasirikare babanye na Mboneza imyaka irenga icumi nibiri(12), bwana Major Dizizi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kwitariki 06.05.2023. Saa 9:35 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mukiganiro Bwakeye Gute Imulemge? Twasanze Kumunsi W'ejo Ingo Zitanu Zaratashe Muchohagati.

Comments 2

  1. Senga louis says:
    3 years ago

    Nakomerezaho

  2. Gasore says:
    3 years ago

    Afande Mboneza courage Imana izakomeze kukurinda kugeza ugeze Ku ntego yo kurenganura abarenganye ukazashimirwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?