• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya Amateka, y’umusirikare w’umunyamulenge, Edinasi Sebagabo Rwambara, wigeze kuba somambike wa Laurent Désire Kabila, ariko azakwicwa n’ingabo ze.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare Edinasi Sebagabo Rwambara, wiciwe i Lubumbashi, mu mwaka w’ 1998, ari mubasirikare bafashe iyambere mukubohoza i Gihgugu c’u Rwanda dore ko carimo ubwicanyi bukaze bwakorewe abaturage bo m’ubwoko bwa Batutsi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Uyu musirikare y’injiye igisirikare mu mwaka w’ 1993 y’injriye mugace ka Kagera, ishamba rikora k’ubihugu byinshi harimo Tanzania, Rwanda na Uganda, iki gisirikare yacinjiye avuye i Burundi akaba yari mubarokotse ubwicanyi bwakorewe Abatutsi nyuma y’uko perezida Ndadaye, w’u Burundi, yaramaze gupfa.

Edinasi Rwambara, yari i Burundi aho yakoraga akazi k’ubwalimu ku mashuli abanza, nk’uko byavuzwe n’umwe mubasirikare ba banye nawe bwana Ntaremerwa Notable.

Ubwo ingabo zahoze ariza AFDL zabohoje Republika ya Demokarasi ya Congo, igihe zambuka ga mucahoze citwa Zaïre, uyu Edinasi Rwambara byavuzwe ko yambutse mu banyuma aho yaje koherezwa mu Kibaya ca Rusizi (Plaine Dela Ruzizi), aha yakoraga nka T5(Pisi wa brigade) wa brigade, mungabo zari ziyobowe na Murokore.

Iz’ingabo za AFDL zari mukibaya cya Rusizi, baje kuvanwa aha berekeza Umuhanda wa Kalemi aho barwanye intambara kuva Kalemi bagera i Lubumbashi hafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara yicahoze ari Katanga.

Bakimara gutsinda ur’urugamba rwabahesheje gufata i Ntara ya Katanga aha yahawe inshingano zokuba Pisi wa Region, nyuma yaje guhabwa umwanya wa Siai, aza kungirizwa na Gen Bosco Ntaganda, arinabwo perezida Laurent Désire Kabila, yagiriye icizere Edinasi, amuha kuyobora amahugurwa yagisirikare ya “Kasapa.”

Mugihe ayamafunzo(Amahugurwa), yaramaze kurangira Edinasi, yahamagawe kuja gukora muri Etat Major i Kinshasa, mugihe yarakirimo asezera k’ungabo yarayoboye i Lubumbashi n’ibwo habaye ubwicanyi bwaje gukorerwa abasirikare ba Banyamulenge, ni ubwicanyi bwageze ahari Abanyamulenge hose mubice bigize Republika ya Demokarasi ya Congo, tariki 02/08/2023.

Amateka avuga ko mu mwaka w’1998 hoba harishwe abasirikare ba Banyamulenge, bo mungabo za AFDL, bakabakaba 500.

Edinasi, yishwe arikumwe n’umusirikare waruhagarariye abashinzwe kumurinda(Chef Escort) Muheto Bahanda, ndetse n’abandi benshi tutabashe kumenya umubare.

Muri aba babanye na Edinasi Sebagabo Rwambara, bahaye Minembwe Capital News, buhamya,

Ntaremerwa, yagize ati: “Edinasi, yari umusirikare udasenzwe yarazi kubana neza n’Abantu bose. Abanyarwanda yabanye nabo neza, ikindi Edinasi yakundaga Abanyamulenge.”

Yakomeje agira ati: “Edinasi niwe musirikare wariwemerewe kwinjirana escort ze kwa Perezida Laurent Désire Kabila. Kabila yaramukundaga cane ariko nyine ntibyabujije ko ingabo ze zimwica.”

Yakomeje agira ati: “Mbere y’uko Edinasi apfa yabanjye kuzindukira muri Kivu y’Amajy’epfo. Yageze Uvira abonana na Brigedi Sio, Gakunzi Sendoda, ariko nyine yaje gusubira i Lubumbashi, arinabwo yaje kwicwa n’Abasirikare ba Laurent Désire Kabila.”

Aba batanze ubuhamya bavuze ko ubwo Edinasi Rwambara, yari muri Kivu y’Amajy’epfo, avuye i Lubumbashi, mu kwezi kwa 7/1998, bavuze ko abasirikare benshi barimo n’Abanyarwanda bamubujije gusubira i Lubumbashi ngo kuko intambara ishaka kuba ariko Edinasi yarabyanze avuga ko ata tererana Abasirikare ba Banyamulenge yasize i Lubumbashi.

Mubasirikare bagerageje kumubuza harimo Colonel Mukarayi n’abandi barimo Abanyarwanda, nk’uko ay’amateka twayahawe.

By Bruce Bahanda.

Tags: Ariko azakwicwa n'ingabo zeKinshasaLubumbashiMenya Amateka y'umusirikare w'umunyamulenge Edinasi Sebagabo RwambaraUviraWigezeho kuba somambike wa Laurent Désire Kabila
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano ihanganishije M23 n'ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo), irimo kubera kadrapo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?