• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Abategetsi b’u Rwanda n’aba-Congo Kinshasa bagiye kongera kugirana ibiganiro mu yindi nama igamije guhoshya umwuka w’intambara umaze igihe hagati y’ibi bihugu byombi, ndetse kandi bakaziga icyakorwa kugira ngo amahoro n’umutekano birambye biboneke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko byavuzwe n’uko abategetsi b’ibihugu byombi bazahura ari ba minisitiri w’ubabanye n’amahanga, uw’u Rwanda n’uwa RDC.

Bikaba byavuzwe ko bazahura vuba, ku ya 20 n’iya 21 z’uku kwezi turimo, nk’uko byashizwe ahagaragara na peredasnsi ya Angola.

Ibi biganiro biteganyijwe bije bikurikira ingendo perezida João Lourenço wa Angola usanzwe ari umuhuza mu makimbirane hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa aheruka kugirira i Kigali n’i Kinshasa.

Bivugwa ko izi ngendo bwana João Lourenço yakoze zasize agize ibyo yemezanyaho na Tshisekedi wa RDC ndetse na Paul Kagame w’u Rwanda. Muri izi ngendo kandi yasize ashikirije aba bakuru b’ibihugu byombi umushinga uzabaheshya kugirana amahoro n’umutekano birambye, ndetse kandi ngo ukaba wafasha u Burasirazuba bwa RDC kugarukamo amahoro.

Ibyo biganiro aba ba minisitiri b’ubabanye n’amahanga bazahuriramo i Luanda, byitezwe ko bizibanda ku bijyanye n’uko uriya mushinga wa João Lourenço washirwa mungiro. Ndetse kandi ibi biganiro bikazasuzuma ibyo aba baminisitiri bemeranyijeho mu biganiro biheruka byo ku itariki ya 30/07/2024.

Mu byitezwe nk’ibishobora gutuma u Rwanda na Congo bagera ku mahoro harimo kuba umutwe wa FDLR wasenywa burundu, mu minsi mike ishize abakuru b’u butasi b’u Rwanda, n’aba-congo Kinshasa ndetse n’aba Angola bahuriye mu nama igamije kurebera hamwe uko uriya mutwe wasenywa.

Mu kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame aheruka gutanga, ubwo yari yagiye kwakira indahiro z’abadepite bashya baheruka gutorwa, yatangaje ko RDC yagiye itangaza inshuro nyinshi ko igiye gusenya FDLR ariko ko ntacyo yigeze iyikoraho hubwo iki gihugu ngo kikaba gikomeje gukorana byahafi n’uwo mutwe w’iterabwoba.

Kagame anavuga ko kuba uwo mutwe ukiriho byerekana ko amasezerano ya Congo yari ibinyoma kandi ko hari inyungu ibyihishye inyuma.

Ariko atangaza avuga ko inyungu ubutegetsi bwa Kinshasa bufite muri FDLR zidashobora kubuza Abanyarwanda uburenganzira bwo kubaho kwabo.

Iy’i nama y’i Luanda kandi byitezwe ko iziga ku kibazo cy’u mutwe wa M23 umaze igihe ujegeza ubutegetsi bwa Kinshasa.

         MCN.
Tags: ByinshiLuandaU Rwanda na Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

Hatangajwe imibare mishya y'abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?