• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abategetsi b’u Rwanda n’aba-Congo Kinshasa bagiye kongera kugirana ibiganiro mu yindi nama igamije guhoshya umwuka w’intambara umaze igihe hagati y’ibi bihugu byombi, ndetse kandi bakaziga icyakorwa kugira ngo amahoro n’umutekano birambye biboneke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko byavuzwe n’uko abategetsi b’ibihugu byombi bazahura ari ba minisitiri w’ubabanye n’amahanga, uw’u Rwanda n’uwa RDC.

Bikaba byavuzwe ko bazahura vuba, ku ya 20 n’iya 21 z’uku kwezi turimo, nk’uko byashizwe ahagaragara na peredasnsi ya Angola.

Ibi biganiro biteganyijwe bije bikurikira ingendo perezida João Lourenço wa Angola usanzwe ari umuhuza mu makimbirane hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa aheruka kugirira i Kigali n’i Kinshasa.

Bivugwa ko izi ngendo bwana João Lourenço yakoze zasize agize ibyo yemezanyaho na Tshisekedi wa RDC ndetse na Paul Kagame w’u Rwanda. Muri izi ngendo kandi yasize ashikirije aba bakuru b’ibihugu byombi umushinga uzabaheshya kugirana amahoro n’umutekano birambye, ndetse kandi ngo ukaba wafasha u Burasirazuba bwa RDC kugarukamo amahoro.

Ibyo biganiro aba ba minisitiri b’ubabanye n’amahanga bazahuriramo i Luanda, byitezwe ko bizibanda ku bijyanye n’uko uriya mushinga wa João Lourenço washirwa mungiro. Ndetse kandi ibi biganiro bikazasuzuma ibyo aba baminisitiri bemeranyijeho mu biganiro biheruka byo ku itariki ya 30/07/2024.

Mu byitezwe nk’ibishobora gutuma u Rwanda na Congo bagera ku mahoro harimo kuba umutwe wa FDLR wasenywa burundu, mu minsi mike ishize abakuru b’u butasi b’u Rwanda, n’aba-congo Kinshasa ndetse n’aba Angola bahuriye mu nama igamije kurebera hamwe uko uriya mutwe wasenywa.

Mu kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame aheruka gutanga, ubwo yari yagiye kwakira indahiro z’abadepite bashya baheruka gutorwa, yatangaje ko RDC yagiye itangaza inshuro nyinshi ko igiye gusenya FDLR ariko ko ntacyo yigeze iyikoraho hubwo iki gihugu ngo kikaba gikomeje gukorana byahafi n’uwo mutwe w’iterabwoba.

Kagame anavuga ko kuba uwo mutwe ukiriho byerekana ko amasezerano ya Congo yari ibinyoma kandi ko hari inyungu ibyihishye inyuma.

Ariko atangaza avuga ko inyungu ubutegetsi bwa Kinshasa bufite muri FDLR zidashobora kubuza Abanyarwanda uburenganzira bwo kubaho kwabo.

Iy’i nama y’i Luanda kandi byitezwe ko iziga ku kibazo cy’u mutwe wa M23 umaze igihe ujegeza ubutegetsi bwa Kinshasa.

         MCN.
Tags: ByinshiLuandaU Rwanda na Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

Hatangajwe imibare mishya y'abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?