Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya Colonel Toronto, uwariwe, watangarije Abanyamulenge, bo mu Bibogobogo, amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umzalendo Colonel Toronto, wigambye kwica Abanyamulenge, akaba yarongeye kubatangariza amahoro, k’u wa Gatatu, tariki 03/01/2024.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40, y’amavuko, yavukiye ahitwa ka Kombo, muri Localité Kagugu, mu misozi ya Bibogobogo, homuri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Toronto, ni mwene Rajabu, uvuka mu bwoko bw’Ababembe, papa we, yitwa Rajabu, akaba n’umushumba(pastor), mw’itorero rya 8ème CEPAC, ku Kagugu.

Toronto, afite bene se, batandatu(6), aribo: Shimita, Lengalenga, Rajabu na Colonel Ngoga Raymond, wapfiriye mu mirwano ku Gatongo, ubwo bari bahanganye na Twirwaneho ya Colonel Rukunda Michel Makanika. Umuhererezi mwa ba Toronto, yitwa Lobunga.

Umwe mu baturage bo muri Bibogobogo, waturanye nabo kwa ba Colonel Toronto, yabwiye Minembwe Capital News, ko Toronto, yakuze akora akazi ko kwimba inzahabu(inoro), yazimbaga mu bice byo muri grupema ya Mutambara, ahanini k’uruzi runini rwa Mutambara n’ahandi.

Mu bindi twa bwiwe Toronto, yakoze cane yakinaga umupira w’amaguru.

K’u wa Gatatu, n’ibwo yakoranye ibiganiro n’Abanyamulenge, baturiye Bibogobogo, abatangariza amahoro.

N’ikiganiro yakoze akoresheje umuvugizi we, William Wilondja.

Yagize ati: “Twibagirwe ibya tambutse duharanire amahoro. Murabizi ko nishe Abanyamulenge benshi barimo umudamu Nyamasoso, wiciwe i Baraka, ariko igihe niki ngo duharanire kubana mu mahoro.”

Yunzemo kandi ati: “Njye kubashakira amahoro, abahoraga biba Inka z’Abanyamulenge, tuzabarwanya , turashaka amahoro n’umubano mwiza hagati y’Abanyamulenge n’Ababembe.”

Kuri ubu Colonel Toronto, niwe ureba Wazalendo, bose, baherereye muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Toronto y’injiye iki Maï Maï, ahagana mu mwaka w’2013, y’injiriye mu bice byo muri grupema ya Mutambara.

Tu bibutsa ko Maï Maï, ar’iyo yaje guhinduka Wazalendo, ku bw’itegeko rya perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: amahoroMenya Colonel Toronto uwariweWatangaje Abanyamulenge bo mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zirashinjwa kwica abasivile i Bukombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?