Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya ibikoresho bikaze Twirwaneho yambuye FARDC mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 21, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya ibikoresho bikaze Twirwaneho yambuye FARDC mu Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Twirwaneho irwanirira Abanyamulenge mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo, mu rugamba rwa none yafashe ibikoresho byagisirikare bikomeye ibyambuye ingabo za Congo(FARDC ) zari zabagabyeho ibitero.

Ibitero FARDC yagabye uyu munsi ku wa Gatanu mu Banyamulenge, yabigabye mu mihana ya Runundu irimo uwo mu Basegege, muri 8ème CEPAC, ku Kabakire n’ahandi mu nkengero zayo.

Ubwo FARDC yagabaga ibyo bitero yarifatikanyije n’interahamwe n’abarwanyi bo muri Wazalendo.

N’ibitero Twirwaneho yahise yirwanaho maze ivugutira umuti ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta, aho byarangiye ifashe umujyi wa Minembwe n’ikibuga cy’indege cyayo giherereye ku Kiziba.

Ubundi kandi ahari ikambi zose z’abasirikare ba FARDC mu Minembwe bazivuyemo barazingura bamanukana kwa Mulima bahunga. Izi kambi zirimo iya Kiziba n’iyi Lundu.

Ku rundi ruhande Twirwaneho yafashe ibibunda bikaze birimo Twelve icyenda, mashini gani 30, Ekwarensi imwe na Gateusha imwe. Ni mu gihe amasasu n’amakompola byo ari byinshi.

Ubuhamya bugira buti: “Twafashe Twelve 9, Ekwarensi 1, Gateusha 1 naho mashini gani 30. Naho amasasu n’amakompola byo nti twobibara.”

Ubu buhamya bunashimangira ko hafashwe n’imbunda nyinshi zo mu bwoko bwa AK-47, n’izindi zirimo iza pistol.

Tags: IbikoreshoMinembweTwirwaneho
Share50Tweet31Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Col.Willy Ngoma yagize icyo vuga ku Banyamulenge bicwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Col.Willy Ngoma yagize icyo vuga ku Banyamulenge bicwa n'ubutegetsi bw'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?