• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

minebwenews by minebwenews
November 14, 2024
in World News
2
Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yakiriye muri White House Donald Trump uheruka gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu, baganira ibiganiro byongeye gushimangira ko bazahererekanya ubutegetsi mu mahoro.

Ikiganiro cyaba bategetsi bombi cyibanze ku ihererekanya bubashya.
Biden wakiriye mugenzi we yagize ati: “perezida watowe ndetse ukaba n’uwahoze ari perezida, bwana Donald Trump, nkwifurije ishya n’ihirwe, kandi nk’uko nabivuze niteguye ihererekanya ry’ubutegetsi mu mahoro. Tuzakora ibishoboka byose kugira ngo wisange uko ubishaka; urakagaruka neza.”

Undi nawe yavuze ko yishimiye ko ihererekanya ry’ubutegetsi rizaba mu mahoro.

Donald yagize ati: “Urakoze cyane, politiki iragoye, kandi mu buryo bwinshi ntabwo ari Isi nziza uyu munsi, kandi nishimiye ihererekanya ry’ubutegetsi mu mahoro, ibyo ni ibintu byiza cyane. Rizaba ihererekanya ryuzuye mu mahoro nk’uko bigomba, ndagushimiye.”

Trump yatorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nka perezida wa 47, atsinze Kamala Harris bari bahanganye, akaba ari visi perezida uri gusoza manda ye ku ngoma ya Joe Biden.

Tubibutsa ko ikiganiro aba bayobozi bombi bagirenye cyabaye ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 13/11/2024.

Tags: BidenIhererekanya bubashaikiganiroTrumpWhite House
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 washyizeho ubuyobozi bushya mu bice bitandukanye.

Umutwe wa M23 washyizeho ubuyobozi bushya mu bice bitandukanye.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    priligy review youtube Silvester, W, Bellomo, R, Cole, L

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    cheap priligy TROMA I, RRID AB_531826 IHC 1 100 Antibody Rabbit monoclonal anti Cytokeratin 14 Abcam Cat

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?