• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya ibyimbitse ku rugamba rwabaye ku mugoroba w’ejo hashize, rubereye mu duce tubiri turi mu nkengero za Kanyabayonga.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2024
in World News
0
Menya ibyimbitse ku rugamba rwabaye ku mugoroba w’ejo hashize, rubereye mu duce tubiri turi mu nkengero za Kanyabayonga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, urwo kuri uyu wa Gatandatu rwabereye mu duce tu biri two muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni mu mirwano yabaye nyuma y’isaha ya saa sita zamanywa, ikaba yaje kurangira igihe c’isaha za saa kenda, z’u mugoroba.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko iyi mirwano ihanganishije M23 n’iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ko yabereye mu duce turi hafi na centre ya Kanyabayonga, agace ka Mirangi n’akandi ka Byanderema.

Muri iyi mirwano ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo rya hababariye, ni mu gihe uru ruhande rwahuye n’uruva gusenye aho rwokejweho ibisasu biremereye kandi abenshi bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa barapfa abandi barakomereka harimo n’abasirikare icyenda bakomeretse bikabije bo muri uru ruhande rwa leta ya Kinshasa, nk’uko amasoko y’iyi nk’uru abivuga.

Kugeza ubu M23 iracyagenzura ibice bizengurutse iyi centre, ndetse kandi M23 igenzura kandi n’agace ka Bulindi kari mu ntera y’ibirometre nka Cyenda uvuye muri centre ya Kanyabayonga, mu gihe iri huriro ryo ry’Ingabo za leta ya Kinshasa rigenzura mu centre ya Kanyabayonga.

Hagati aho iyi ntambara ihanganishije impande zombi ikomeje gutuma abaturage bata izabo, bakagana iyu buhungiro ndetse abandi bakahababarira.

Tubibutsa ko iyi mirwano yo mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, imaze iminsi ibarirwa ku 11 hari uguhangana gukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

            MCN....
Tags: IhuriroKanyabayongaM23Rwo kuri uyuRy'ingabo za GuverinomaUrugaambaWa Gatandatu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

Umugabo w'u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?