• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in World News
0
Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Leta y’u Burundi yabwiye akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi ko bu babajwe no kuba umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni byatangajwe na amabasaderi w’u Burundi muri Loni, Zphyrin Maniratanga, aho yatangaje ko umujyi wa Goma wafashwe na M23 mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere ko ugiye kubamo “akavuyo.”

Zephrin atanga ikiganiro ku bahagarariye ibihugu byabo mu kanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi, yagize ati: “Umujyi wa Goma ugiye kubamo akavuyo.”

Yongeraho kandi ati: “Umutekano wo mu mujyi wa Goma ugiye kurushaho kuzamba. Kandi biratera na karere kose kubamo akavuyo.”

Uyu mudipolomate yanatangaje kandi ko ntacyo akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi kari gufasha Repubulika ya demokarasi ya Congo ikomeje kurushwa imbaraga n’umutwe wa M23, yongeraho kandi ko “itegeko rigena ubusugire bw’igihugu riri kuvogerwa.”

Igihugu cy’u Burundi, ingabo zacyo zimaze hafi imyaka itatu zifashanya n’igisirikare cya RDC, Wazalendo na FDLR ku rwanya M23, ariko ntacyo byatanze kuko zose zikubitirwa hamwe.

Ndetse iz’i ngabo z’u Burundi, umutwe wa M23 uheruka kuzikubita inshuro zihungira muri Kivu y’Amajy’epfo, zivuye muri Kivu Yaruguru.

Umujyi wa Goma ufashwe mu gihe m23 yari iheruka kwigarurira imijyi mito nayo ikomeye, nk’uwa Sake, Minova n’indi myinshi.

Tags: BurundiGomaM23
Share68Tweet43Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Muyaya yagize icyo avuga kw’ifatwa rya Goma.

Muyaya yagize icyo avuga kw'ifatwa rya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?