Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 27, 2025
in World News
0
Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Leta y’u Burundi yabwiye akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi ko bu babajwe no kuba umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni byatangajwe na amabasaderi w’u Burundi muri Loni, Zphyrin Maniratanga, aho yatangaje ko umujyi wa Goma wafashwe na M23 mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere ko ugiye kubamo “akavuyo.”

Zephrin atanga ikiganiro ku bahagarariye ibihugu byabo mu kanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi, yagize ati: “Umujyi wa Goma ugiye kubamo akavuyo.”

Yongeraho kandi ati: “Umutekano wo mu mujyi wa Goma ugiye kurushaho kuzamba. Kandi biratera na karere kose kubamo akavuyo.”

Uyu mudipolomate yanatangaje kandi ko ntacyo akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi kari gufasha Repubulika ya demokarasi ya Congo ikomeje kurushwa imbaraga n’umutwe wa M23, yongeraho kandi ko “itegeko rigena ubusugire bw’igihugu riri kuvogerwa.”

Igihugu cy’u Burundi, ingabo zacyo zimaze hafi imyaka itatu zifashanya n’igisirikare cya RDC, Wazalendo na FDLR ku rwanya M23, ariko ntacyo byatanze kuko zose zikubitirwa hamwe.

Ndetse iz’i ngabo z’u Burundi, umutwe wa M23 uheruka kuzikubita inshuro zihungira muri Kivu y’Amajy’epfo, zivuye muri Kivu Yaruguru.

Umujyi wa Goma ufashwe mu gihe m23 yari iheruka kwigarurira imijyi mito nayo ikomeye, nk’uwa Sake, Minova n’indi myinshi.

Tags: BurundiGomaM23
Share68Tweet43Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Muyaya yagize icyo avuga kw’ifatwa rya Goma.

Muyaya yagize icyo avuga kw'ifatwa rya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?