Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 27, 2025
in World News
0
Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Leta y’u Burundi yabwiye akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi ko bu babajwe no kuba umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni byatangajwe na amabasaderi w’u Burundi muri Loni, Zphyrin Maniratanga, aho yatangaje ko umujyi wa Goma wafashwe na M23 mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere ko ugiye kubamo “akavuyo.”

Zephrin atanga ikiganiro ku bahagarariye ibihugu byabo mu kanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi, yagize ati: “Umujyi wa Goma ugiye kubamo akavuyo.”

Yongeraho kandi ati: “Umutekano wo mu mujyi wa Goma ugiye kurushaho kuzamba. Kandi biratera na karere kose kubamo akavuyo.”

Uyu mudipolomate yanatangaje kandi ko ntacyo akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi kari gufasha Repubulika ya demokarasi ya Congo ikomeje kurushwa imbaraga n’umutwe wa M23, yongeraho kandi ko “itegeko rigena ubusugire bw’igihugu riri kuvogerwa.”

Igihugu cy’u Burundi, ingabo zacyo zimaze hafi imyaka itatu zifashanya n’igisirikare cya RDC, Wazalendo na FDLR ku rwanya M23, ariko ntacyo byatanze kuko zose zikubitirwa hamwe.

Ndetse iz’i ngabo z’u Burundi, umutwe wa M23 uheruka kuzikubita inshuro zihungira muri Kivu y’Amajy’epfo, zivuye muri Kivu Yaruguru.

Umujyi wa Goma ufashwe mu gihe m23 yari iheruka kwigarurira imijyi mito nayo ikomeye, nk’uwa Sake, Minova n’indi myinshi.

Tags: BurundiGomaM23
Share68Tweet43Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Muyaya yagize icyo avuga kw’ifatwa rya Goma.

Muyaya yagize icyo avuga kw'ifatwa rya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?