• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya impamvu Kabila yasuye abasirikare bari i Rumangabo.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2025
in Regional Politics
0
Menya impamvu Kabila yasuye abasirikare bari i Rumangabo.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya impamvu Kabila yasuye abasirikare bari i Rumangabo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Joseph Kabila Kabange uheruka kugera i Goma hagenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23, yasuye abasirikare bari mu kigo cy’ingabo zitozwa andi matwara atari aya Leta y’i Kinshasa kugira ngo arusheho kugaragaza gushyigikira impinduka zikomeye zirimo kuba muri iki gihugu. Ingabo zasuwe zahoze zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo, zizagufatwa n’abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23.

Iki kigo Kabila yasuye n’icya Rumangabo giherereye muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nyuma y’uko Kabila ageze i Goma ku wa mbere muri iki cyumweru, icyo yakoze rugikubita aha’rejo yahise asura izo ngabo zahoze ari za Leta ziri kwigishwa ingengabitekerezo ya AFC/M23.

Amakuru akomeza avuga ko uruzinduko rwe i Rumangabo ahanini yari yifuje kumenya uko ziriya ngabo ziri kwigishwa politiki nshyashya itandukanye n’iyo zahoze zitozwa kwa perezida Felix Tshisekedi.

Kabila nk’umusirikare watojwe neza akaba kandi yarayoboye RDC imyaka 18 kuko yagiye ku ngoma mu mwaka wa 2001 ayivaho mu 2018, afite ubushobozi bwo kuzana izindi mbaraga nshya mu mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Abarwanyi b’uyu mutwe Kabila yiyunzeho, bagamije gushyiraho akadomo kanyuma ubu butegetsi bwa Felix Tshisekedi.

Ikindi Kabila aza gukurikizaho ni inama zingenzi zitandukanye zizagenda zimuhuza n’abayobozi batandukanye bo muri iri huriro rya AFC/M23 ndetse n’abandi bayobozi bo mu mashirahamwe yigenga akorera mu bice bigenzurwa n’iri huriro rirwanya ubu butegetsi bw’i Kinshasa.

Tags: KabilaRumangabo
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya gisirikare cy’i ngabo z’u Burundi mu Bijabo.

Andi ataravuzwe ku ngabo z'u Burundi ziri mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?