• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2025
in World News
0
Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze  muri guverinoma ye.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashyizeho guverinoma nshya, aho yagize umugore witwa Marie Chantal minisitiri w’ingabo ndetse kandi agabanya minisiteri ziva ku 15 ziba 13.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, ni bwo perezida Ndayishimiye yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Iyi guverinoma ye nshya igizwe n’abaminisitiri 13, mu gihe icyuye igihe yarigizwe na ba minisitiri 15.

Muri minisiteri yakuyeho harimo ishinzwe ubucuruzi avuga ko igiye kujya munshingano ze bwite.

Ikindi nuko iyi guverinoma nshya yajemo abgore bane mu gihe abagabo ari icyenda; bakaba barimo Umutwa umwe ndetse n’umusore utarubaka, ibitari bisanzwe muri iki gihugu.

Abaminisitiri batatu bonyine bari basanzwe muri guverinoma icyuye igihe ni bo Ndayishimiye yagaruye.

Aba barimo Marie Chantal Nijimbere wari usanzwe ari minisitiri w’ubucuruzi wagizwe uw’ingabo, asimbuye Alain Tribert Mutabazi wari minisitiri w’ingabo kuva muri 2020.

Undi ni Habyarimana François wakomeje kuba minisitiri w’uburezi na Lyduine Baradahana wakomeje kuba minisitiri w’ubuzima.

Marie Chantal Nijimbere wagizwe minisitiri w’ingabo nta mateka afite y’igisirikare, yabaye minisitiri w’ubucuruzi n’ubwikorezi n’ubukerarugendo hagati muri 2020 na 2025, mbere yari minisitiri w’itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru.

Amakuru avuga ko ari ubwa mbere umugore agizwe minisitiri w’ingabo mu gihugu cy’u Burundi.

Abagize guverinoma nshya y’u Burundi.

Har Nestor Ntahontuye ari na we minisitiri w’intebe.

Naho Leonidas Ndaruzaniye, ni minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu umutekano rusange n’iterambere ry’abaturage.

Marie Chantal Nijimbere, minisitiri w’ingabo

Arthemon Katihabwa, minisitiri w’ubutabera, uburenganzira bwa muntu n’uburinganire

Eduard Bizimana, minisitiri w’ubanye n’amahanga, kwishyira hamwe kw’akarere n’ubufatanye mpuzamahanga, n’umwanya yasimbuyeho Shingiro Albert.

Alain Ndikumana, minisitiri w’imari .

Hassan Kibeya, minisitiri w’imari igena migambi n’ubukungu

Caline Mbarushimana, minisitiri wibikorwaremezo n’ubwikorezi

Jean Claude Nzabineza, minisitiri w’ibikorwaremezo n’ubwikorezi

François Habyarimana, minisitiri w’uburezi

Lyduine Baradahana, minisitiri w’ubuzima rusange

Lieutenant General de police Gabriel Nzigimana, minisitiri w’abakozi ba Leta

Lydia Nsekera, minisitiri wa sipiro n’urubyiruko

Gabby Bugaga, minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru.

Tags: BurundiGuverinomaImpindukaNdayishimiye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?