• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 6, 2025
in World News
0
Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze  muri guverinoma ye.
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

You might also like

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo.

Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashyizeho guverinoma nshya, aho yagize umugore witwa Marie Chantal minisitiri w’ingabo ndetse kandi agabanya minisiteri ziva ku 15 ziba 13.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, ni bwo perezida Ndayishimiye yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Iyi guverinoma ye nshya igizwe n’abaminisitiri 13, mu gihe icyuye igihe yarigizwe na ba minisitiri 15.

Muri minisiteri yakuyeho harimo ishinzwe ubucuruzi avuga ko igiye kujya munshingano ze bwite.

Ikindi nuko iyi guverinoma nshya yajemo abgore bane mu gihe abagabo ari icyenda; bakaba barimo Umutwa umwe ndetse n’umusore utarubaka, ibitari bisanzwe muri iki gihugu.

Abaminisitiri batatu bonyine bari basanzwe muri guverinoma icyuye igihe ni bo Ndayishimiye yagaruye.

Aba barimo Marie Chantal Nijimbere wari usanzwe ari minisitiri w’ubucuruzi wagizwe uw’ingabo, asimbuye Alain Tribert Mutabazi wari minisitiri w’ingabo kuva muri 2020.

Undi ni Habyarimana François wakomeje kuba minisitiri w’uburezi na Lyduine Baradahana wakomeje kuba minisitiri w’ubuzima.

Marie Chantal Nijimbere wagizwe minisitiri w’ingabo nta mateka afite y’igisirikare, yabaye minisitiri w’ubucuruzi n’ubwikorezi n’ubukerarugendo hagati muri 2020 na 2025, mbere yari minisitiri w’itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru.

Amakuru avuga ko ari ubwa mbere umugore agizwe minisitiri w’ingabo mu gihugu cy’u Burundi.

Abagize guverinoma nshya y’u Burundi.

Har Nestor Ntahontuye ari na we minisitiri w’intebe.

Naho Leonidas Ndaruzaniye, ni minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu umutekano rusange n’iterambere ry’abaturage.

Marie Chantal Nijimbere, minisitiri w’ingabo

Arthemon Katihabwa, minisitiri w’ubutabera, uburenganzira bwa muntu n’uburinganire

Eduard Bizimana, minisitiri w’ubanye n’amahanga, kwishyira hamwe kw’akarere n’ubufatanye mpuzamahanga, n’umwanya yasimbuyeho Shingiro Albert.

Alain Ndikumana, minisitiri w’imari .

Hassan Kibeya, minisitiri w’imari igena migambi n’ubukungu

Caline Mbarushimana, minisitiri wibikorwaremezo n’ubwikorezi

Jean Claude Nzabineza, minisitiri w’ibikorwaremezo n’ubwikorezi

François Habyarimana, minisitiri w’uburezi

Lyduine Baradahana, minisitiri w’ubuzima rusange

Lieutenant General de police Gabriel Nzigimana, minisitiri w’abakozi ba Leta

Lydia Nsekera, minisitiri wa sipiro n’urubyiruko

Gabby Bugaga, minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru.

Tags: BurundiGuverinomaImpindukaNdayishimiye
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo Leta Zunze ubumwe z'Amerika zasabye abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu bihugu 21 byo hirya no hino ku...

Read moreDetails

Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 3, 2025
0
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Intambara y'amagambo hagati ya Amerika n'u Burusiya yafashe indi ntera. Intambara y'amagambo hagati ya Leta Zunze ubumwe z'Amerika n'u Burusiya, yongeye gufata indi ntera, ni mu gihe perezida...

Read moreDetails

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama. Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko ya Ukraine barwanye nyuma yo kunanirwa kumvikana ubwo hatangwaga igitekerezo kijyanye n'amavugurura y'itegeko yakozwe atuma ikigo...

Read moreDetails

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw’umuranduranzuzi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw'umuranduranzuzi. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, atajyayubahiriza ibyo baba bavuganye...

Read moreDetails

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?