• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Menya indwara ya Stroke uko ifata n’uko wayirinda.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2024
in Religion
0
Menya indwara ya Stroke uko ifata n’uko wayirinda.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sobanukirwa indwara ya Stroke, ikiyitera n’uko wayirinda.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Stroke n’indwara y’ubwonko itandandura ishobora guterwa n’indwara z’u mutima n’izindi mpamvu zitandukanye, ariko iyo umuntu imufatiranyije vuba na bwangu iravugwa igakira.

Mu kiganiro umuganga Joseph Mucumbitsi yagiranye n’ikinyamakuru Imvaho Nshya yasobanuye uko indwara ya Stroke iterwa n’indwara z’u mutima, avuga n’uko yovurwa.

Ati: “Stroke igira ubwoko bu biri, hari igihe imitsi ijyana amaraso mu bwonko ifunze amaraso ntacemo neza cyangwa se igaturika ukavamo amaraso mu bwonko (Hemorrhagic stroke), cyangwa se uwo amaraso atashoboye guca mu mitsi imwe n’imwe (ischemic stroke).

Yakomeje asobanura ko iyo amaraso atagenda neza mu bwonko, hari uturemangingo tw’u bwonko dupfa kuko tutabona umwuka mwiza(oxygene).

Ati: “Ni ukavuga ngo icyo gihe icyo gice cy’u bwonko cyaviriyemo amaraso cyangwa se amaraso atashoboye kugerayo, oxygene iba nkeya, uturemangingo two mu bwonko iyo tubuze mu minota irenga 3-10 turapfa ariko mu bwonko iyo zipfuye ntizongera kwiremacyangwa ngo twongere tubeho, ni ukuvuga ngo iyo urengeje icyo gihe ako gace karapfa burundu, ni yo mpamvu ari ikintu kihutirwa iyo ugize stroke.

Yanagaragaje uburyo indwara z’u mutima ziba imvano ya Stroke.

Ati: “Mu bizitera harimo n’indwara z’u mutima ku buryo butandukanye. Urugero iyo umuvuduko w’amaraso ubaye mwinshi ushobora gutuma imitsi imwe iturika mu bwonko cyangwa bigatuma amaraso adacamo neza.

Ariko izindi ndwara z’u mutima urugero nk’u mutima wabyimbye cyane amaraso ntiyihute uko agomba kwihuta aravura , akazamo utuntu twavuze tukagenda mu mitsi ijya no mu bwonko tukaba twagenda tugafunga umwe mu mitsi yo mu bwonko.

Yavuze kandi ko amaraso ashobora kuvura bidatinze n’uburwayi bumwe na bumwe nk’uko hari abarwayi babagwa umutima hanyuma bagafata umuti ubuza amaraso kuvura iyo batawunyoye neza hari ubwo amaraso yabo avura, bakagira stroke kandi bari bakize umutima, icyo gihe ni ukubera uwo muti.”

Ibimenyetso by’indwara ya stroke

Prof Mucumbitsi yagarutse ku bimenyetso bimwe bigaragaza ko umuntu ashobora kugira stroke, iyo umuntu yumva atangiye kudidimanga, umunwa ugatangira kugendera ku ruhande rumwe, ijisho ukagerageza kuri funga ntirifunge neza, wagerageza kuvuga bikanga nta cyo wari urwaye. Umuntu asabwa kwihutira kwa muganga aho bashobora kumunyuza mu cyuma (scanner) kuko stroke ari indwara yihutirwa.

Ati: “Nubwo tutaragera kuri tekinoloji (technology) zihambaye zose, ariko ubu mu Rwanda hari umuganga ushobora kohereza agatiyo mu bwonko ako kantu kagiye kuhaziba. Umwe arahari, yarabonetse nibura hari ibishobora gukorwa.”

Stroke iravugwa igakira

Igihe wamenye ko uyirwaye hakiri kare wagenda bakagufasha ubwonko butarononekara burundu, iyo bwononekaye burundu nta kundi icyo gihe izasanga ukurura ukuguru, ukurura ukuboko n’ubwo hari ibyagaritse ariko ntibigaruka byose kuko wagezeyo utinze, kuko woherejwe utinze, cyangwa se uwakwakiriye atabihuguriwe.

Hari n’ibindi bintu byinshi bishobora kugira uruhare mu bibazo byakwibasira ubwonko bw’u muntu nko gukoresha inzoga ku buryo bukabije bikaba byazamura umuvuduko nabyo bishobora kugira uruhare mu kwangirika kw’i mitsi y’amaraso, kugira ibinure byinshi mu maraso (cholesterol), diyabete yo mu bwoko bwa 2, kunywa itabi, gukoresha ibiyobyabwenge n’ibindi.

Stroke n’indwara itandura

I Nama zagira uruhare mu kwirinda stroke

Hariho ibintu byinshi byagufasha kwirinda, zimwe mu Nama zarinda umuntu kurwara stroke harimo kurya indyo yuzuye hirindwa umunyu mwinshi cyangwa sodium nyinshi, bishobora kongera umuvuduko w’amaraso, kwirinda umubyibuho ukabije, gukora imyitozo ngorora mubiri, kuruhuka bihagije nibura umuntu agasinzira amasaha arindwi kugeza ku munani.

               MCN.
Tags: StrokeUko ifata n'uko wayirinda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Icyihebe gikaze cyo muri ADF, cyahitanwe na operasiyo yakozwe n’Ingabo za Uganda hamwe n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Icyihebe gikaze cyo muri ADF, cyahitanwe na operasiyo yakozwe n'Ingabo za Uganda hamwe n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?