Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 11, 2024
in Regional Politics
0
Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kuri iki cyumweru tariki ya 11/08/2024, nibwo perezida Paul Kagame w’u Rwanda yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu. Ibirori by’itabiriwe n’abakuru b’ibihugu 22 kandi bose bari abo mu bihugu byo ku mugabane wa Afrika.

Uyu muhango wabereye kuri stade Amahoro i Remera ho muri Kigali. Nk’uko byavuzwe ibi birori by’itabiriwe n’abaturage b’u Rwanda barenga ibihumbi 40, ni mu gihe bari bakubise buzuye kandi abashinzwe iyi stade bavuga ko iyo yuzuye neza ijyamo abantu ibihumbi 45.

Uyu muhango waranzwe n’ibirori binyuranye birimo n’akarasisi ka gisirikare kadasnzwe, aho byatangiye igihe cisaha z’igitondo biza gusoza igihe cisaha ya sakumi nimwe z’umugoroba.

Abahanzi b’abanyarwanda babanje kunezeza abaturage bari bazindukiye kuri stade baza kunganirwa na karasisi ka gisirikare kanogeye benshi.

Perezida Paul Kagame, ubwo yafataga ijambo yashimiye abaturage bamuguriye ikizere bakamutorera kongera kuyobora manda ya Kane, abizeza ko bafatanije bazagera kuri byinshi.

Muri ibi birori abakuru b’ibihugu babyitabiriye bari biganjyemo ab’ibyo mu burengerazuba bwa Afrika, ndetse habonetsemo kandi nabo muri Afrika y’i Burasirazuba .

Perezida wa Sudan y’Amajyepfo, perezida wa Kenya, perezida wa Tanzania, visi perezida wa Uganda ndetse na perezida wa Somalia.

Gusa igihugu cy’igituranyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi ntibyabonetse muri uyu muhango.

Paul Kagame, muri iryo jambo yashikirije abashitsi n’Abanyarwanda, yagarutse ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ndetse ashimira perezida wa Kenya William Ruto na mugenzi we wa Angola, João Lourenço ku muhate wabo bagaragaza mugushakisha uko amahoro yagaruka muri aka karere.

Ibi yabigarutseho mu gihe leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda kuba inyuma y’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC, ibyo iki gihugu cyagiye gihakana kenshi.

Bamwe mu baturage bitabiriye umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame bagiye bagaragaza ko bari bishimiye uyu muhango kandi ndetse bamwe bagiye bakoresha imbugankoranyambaga bagatanga ubutumwa bavuga ko bishimiye uyu munsi.

Kagame yatsinze amatora ku majwi 99.18%, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’igihugu yarishinzwe gutegura amatora.

             MCN.
Tags: Kuyobora u RwandaPaul KagameUmuhango
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

Nyuma y'igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?