• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2024
in Regional Politics
0
Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya muri bimwe byaranze umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kuri iki cyumweru tariki ya 11/08/2024, nibwo perezida Paul Kagame w’u Rwanda yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu. Ibirori by’itabiriwe n’abakuru b’ibihugu 22 kandi bose bari abo mu bihugu byo ku mugabane wa Afrika.

Uyu muhango wabereye kuri stade Amahoro i Remera ho muri Kigali. Nk’uko byavuzwe ibi birori by’itabiriwe n’abaturage b’u Rwanda barenga ibihumbi 40, ni mu gihe bari bakubise buzuye kandi abashinzwe iyi stade bavuga ko iyo yuzuye neza ijyamo abantu ibihumbi 45.

Uyu muhango waranzwe n’ibirori binyuranye birimo n’akarasisi ka gisirikare kadasnzwe, aho byatangiye igihe cisaha z’igitondo biza gusoza igihe cisaha ya sakumi nimwe z’umugoroba.

Abahanzi b’abanyarwanda babanje kunezeza abaturage bari bazindukiye kuri stade baza kunganirwa na karasisi ka gisirikare kanogeye benshi.

Perezida Paul Kagame, ubwo yafataga ijambo yashimiye abaturage bamuguriye ikizere bakamutorera kongera kuyobora manda ya Kane, abizeza ko bafatanije bazagera kuri byinshi.

Muri ibi birori abakuru b’ibihugu babyitabiriye bari biganjyemo ab’ibyo mu burengerazuba bwa Afrika, ndetse habonetsemo kandi nabo muri Afrika y’i Burasirazuba .

Perezida wa Sudan y’Amajyepfo, perezida wa Kenya, perezida wa Tanzania, visi perezida wa Uganda ndetse na perezida wa Somalia.

Gusa igihugu cy’igituranyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi ntibyabonetse muri uyu muhango.

Paul Kagame, muri iryo jambo yashikirije abashitsi n’Abanyarwanda, yagarutse ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ndetse ashimira perezida wa Kenya William Ruto na mugenzi we wa Angola, João Lourenço ku muhate wabo bagaragaza mugushakisha uko amahoro yagaruka muri aka karere.

Ibi yabigarutseho mu gihe leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda kuba inyuma y’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC, ibyo iki gihugu cyagiye gihakana kenshi.

Bamwe mu baturage bitabiriye umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame bagiye bagaragaza ko bari bishimiye uyu muhango kandi ndetse bamwe bagiye bakoresha imbugankoranyambaga bagatanga ubutumwa bavuga ko bishimiye uyu munsi.

Kagame yatsinze amatora ku majwi 99.18%, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’igihugu yarishinzwe gutegura amatora.

             MCN.
Tags: Kuyobora u RwandaPaul KagameUmuhango
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

Nyuma y'igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?