• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

MENYA UBUTWARI KAZI BWA MAJOR CLAUDINE NYIRABATUNZI, WABICIYE BIRACIKA MURI EASTERN YA CONGO.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya Major Claudine Nyirabatunzi, umukobwa wabiciye biracika muri Eastern ya Congo, Mubice byitwa Masisi na Rutshuru dore ko yahereye mubice bya Minembwe, nka Kamombo na Nyamara, ubwo yarimo arwanya Maimai yendaga kumaraho ubwoko avukamo bwa Banyamulenge.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Uyu mukobwa wanze agasuzugiro ahitamo kwambarira urugamba kugira ngo yigobotore leta z’ikorara amabi ubwoko bwe Tutsi Kandi Tutsi muri Congo bisa nki gitutsi, kuri Maimai, FARDC na FDLR, nimugihe hamaze kwicwa benshi bazira ko ari Tutsi. Ubu bwicanyi bwahereye kera mumwaka wa 1960 kugeza uyumunsi.

Nkuko twabivuze haruguru, uyu mukobwa ugeze kwipete rya Major , ari mubatabaye Abanyamulenge mbere ava mugihugu c’Uburundi, nigihe Abanyamulenge (Tutsi) bari bugarijwe nibitero bya Maimai Bishambuke, muri MIBUNDA, BIBOGOBOGO na RURAMBO, ibi bitero byari bigamije kwangaza Abanyamulenge no gusenya Gakondo yabo, Claudine afata iyambere, atabara Abanyamulenge mumwaka wa 2018.

Major Claudine Nyirabatunzi, yarwanye intambara muri Mibunda, Ngoma, Nyamara ndetse no Muri Minembwe, nyuma yaje kurwara aja kwivuza mugihigu ca Uganda mumwaka wa 2021, amaze gukira yanze kwicara ngo apagase nkabandi.

Kuri none ari mungabo zihetse isezerano muri Masisi, ubwo yaganiraga na Minembwe Capital News, yayibwiye ko “Igihe cose nunva benewacu bari kwicwa ntamahoro nunva nfite, nimurubwo buryo ninsanze muri Masisi”.

Major Claudine Nyirabatunzi, ari mukigero c’imyaka 33 na 35 yamavuko, yize amashuri yisumbuye ndetse aza nogukomeza University afata Diploma ya License (Masters), mugisata ca Mategeko, akaba yarigiye Iburundi.

Major Claudine Nyirabatunzi, tumwifurije akazi keza kugeza ageze kuco aharanira.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

APOSTLE ALICE, YAHISHUYE KO GUTABARA RUGURU(Imulenge), ARI UMUHAMAGARO UVA K'UMANA

Comments 2

  1. Agnes Rukundo says:
    3 years ago

    Ibyiza bitangwa nuwiteka Imana yaba sogokuruza banyu Imana yaremye isinijuru izabahe umunezero mugihugu cyanyu
    Ibihe byose Imana izajye ibananamwe muribyose

  2. Bernard R.Butoto says:
    3 years ago

    We congratulate:
    (1)MJ Claudine Nyirabakunda for her courageous of fighting to her ethnic
    (2)Students of UEMI who unless the insecurity of Minembwe still continue with their studies
    (3)Mbonye for that award he got by the end of the last year 2022.

    To all you,let me tell you to step forward.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?