• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya utundi duce twafashwe n’umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Menya utundi duce twafashwe n’umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya utundi duce twafashwe n’umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni mu mirwano yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 21/08/2024, aho yari shamiranije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amakuru yatangajwe kuva ku munsi w’ejo hashize, yavugaga ko ihuriro ry’Ingabo za RDC ryagabye ibitero ahatuwe n’abaturage no mu birindiro bya M23 byo muri Masisi.

Iyi mirwano irimo kuba mu gihe i Luanda muri Angola hari kubera ibiganiro ahanini bigamije gushakira amahoro u Burasirazuba bwa RDC, byahuriyemo abategetsi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya Congo ku buhuza bwa João Lourenço perezida wa Angola.

Nanone kandi iyi mirwano ikomeje kuba mu gihe impande zihanganye ziri mu gihe cya gahenge kasabwe mu biganiro biheruka kubera kandi i Luanda mu mpera z’u kwezi gushize, aho aka gahenge byari biteganijwe ko kagomba kubahirizwa kuva ku itariki ya 04/08/2024.

Rero, muri iyi mirwano ikomeje kuba mu gihe cya gahenge, kuri uyu wa Gatatu, ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga zigaruriye uduce turimo Lukopfu, Kisuma nahitwa Bufaransa.

Cyokoze ngo n’inkengero z’utu duce ziragenzurwa n’ingabo zo muri uru ruhande rw’umutwe wa M23.

Ku rundi ruhande, iyi mirwano yaguyemo abasivile batatu, mu gihe abagera kuri 20 bo bakomeretse, ndetse bamwe muribo barakomereka bikabije.

Byatumye abaturage benshi bongeye guhunga, bikanavugwa ko bari guhungira ahitwa Kaniro na Katale.

Agace ka Kaniro karacagenzurwa n’ingabo za RDC ndetse na Katale.

Na none kandi aya makuru dukesha abaturiye ibice byo muri Masisi, asoza avuga ko ingabo z’u mutwe wa M23 zirikwihuta zerekeza i Masisi ku i Zone, nyuma y’uko ariko gace kari gasigaye, ni mu gihe utundi duce tugize iyi teritwari hafi ya twose tugenzurwa n’ingabo na M23.

             MCN.
Tags: Iri kwihutaM23MasisiMenya utundi duceZone
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu zifatika zatumye Leta y’u Rwanda ifunga burundu amatorero mirongwine na tatu.

Impamvu zifatika zatumye Leta y'u Rwanda ifunga burundu amatorero mirongwine na tatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?