• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2025
in World News
0
Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Michelle Obama yamaganye ku mugaragaro abavuga ko yatandukanye n’umugabo we Barrack Obama, avuga ko ibyo ari ibihuha byambaye ubusa.

Ibyo kuvuga ko Michelle Obama yatandukanye n’umugabo we, byatangiye kuvugwa nyuma y’aho uyu mugore ataragiherekeza umugabo we mu bikorwa byo kurwego rwo hejuru, harimo no kuba ataraherekeje Obama mu muhango wo kurahira kwa perezida Donald Trump ndetse no mu muhango wo gushyingura uwahoze ari perezida w’Amerika Jimmy Carter. Ibi byatumye bihwihwisa ko bashobora kuba baratandukanye.

Mu kiganiro Michelle Obama umugore wuwahoze ari perezida w’Amerika yamaze gushyira hanze, yasobanuye ko ubu ari mumwanya wo kugenzura ingengabihe nk’umugore ukuze.

Avuga ko abantu batashoboye kwemera ko yifatira icyemezo we ubwe, ahubwo ko bishyizemo umugabo we nkaho bagiye gutandukana.

Ati: “Bishyizemo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana. Ariko nyama sibyo. Nababivuze baribeshye.”

Michelle Obama yavuze ko yumva hari icyo yishinja mu mutima we kubera ukuntu hari inshingano zimwe yikuyemo.

Yagize ati: “Icyo ni kintu twebwe nk’abagore, ntekereza ko tugorwa na cyo nko kumva ko twatengushye abantu.”

“Ndashaka kuvuga ko ari uko bimeze cyane, kuburyo uyu mwaka abantu batashoboraga no kwiyumvisha ko ari amahitamo yanjye nari ndimo gukora ku bwanjye, kuburyo byabaye ngombwa ko bishyiramo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana.”

“Ariko mukuri ndi umugore ukuze ngomba kwifatira ibyemezo runaka , sibyo? Ariko kandi ibyo nibyo sosiyete idukorera nk’abagore.”

Yageze aha agira ati: “Nahisemo gukora icyari kinogeye cyane kurusha ibindi, kandi icyo nakoze narinkwiye gukora n’icyo nakoze.”

Michelle Obama kandi yavuze ko hari n’ibindi yitayeho, bijyanye n’imyigire y’abana aho yagize ati: “Hari n’ibindi nitayeho nshishikajwe no kwita k’uburezi bw’abana b’abakobwa banjye.”

Kubwe avuga ko ibyo ari byo byatumye atabana na Barrack Obama muri iriya mihango yavuzwe haruguru. Ariko ko bakibanye n’umugabo we nk’umugore n’umugabo.

Tags: GutandukanaMichelle ObamaUmugabo we
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?