• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2025
in World News
0
Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Michelle Obama yamaganye ku mugaragaro abavuga ko yatandukanye n’umugabo we Barrack Obama, avuga ko ibyo ari ibihuha byambaye ubusa.

Ibyo kuvuga ko Michelle Obama yatandukanye n’umugabo we, byatangiye kuvugwa nyuma y’aho uyu mugore ataragiherekeza umugabo we mu bikorwa byo kurwego rwo hejuru, harimo no kuba ataraherekeje Obama mu muhango wo kurahira kwa perezida Donald Trump ndetse no mu muhango wo gushyingura uwahoze ari perezida w’Amerika Jimmy Carter. Ibi byatumye bihwihwisa ko bashobora kuba baratandukanye.

Mu kiganiro Michelle Obama umugore wuwahoze ari perezida w’Amerika yamaze gushyira hanze, yasobanuye ko ubu ari mumwanya wo kugenzura ingengabihe nk’umugore ukuze.

Avuga ko abantu batashoboye kwemera ko yifatira icyemezo we ubwe, ahubwo ko bishyizemo umugabo we nkaho bagiye gutandukana.

Ati: “Bishyizemo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana. Ariko nyama sibyo. Nababivuze baribeshye.”

Michelle Obama yavuze ko yumva hari icyo yishinja mu mutima we kubera ukuntu hari inshingano zimwe yikuyemo.

Yagize ati: “Icyo ni kintu twebwe nk’abagore, ntekereza ko tugorwa na cyo nko kumva ko twatengushye abantu.”

“Ndashaka kuvuga ko ari uko bimeze cyane, kuburyo uyu mwaka abantu batashoboraga no kwiyumvisha ko ari amahitamo yanjye nari ndimo gukora ku bwanjye, kuburyo byabaye ngombwa ko bishyiramo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana.”

“Ariko mukuri ndi umugore ukuze ngomba kwifatira ibyemezo runaka , sibyo? Ariko kandi ibyo nibyo sosiyete idukorera nk’abagore.”

Yageze aha agira ati: “Nahisemo gukora icyari kinogeye cyane kurusha ibindi, kandi icyo nakoze narinkwiye gukora n’icyo nakoze.”

Michelle Obama kandi yavuze ko hari n’ibindi yitayeho, bijyanye n’imyigire y’abana aho yagize ati: “Hari n’ibindi nitayeho nshishikajwe no kwita k’uburezi bw’abana b’abakobwa banjye.”

Kubwe avuga ko ibyo ari byo byatumye atabana na Barrack Obama muri iriya mihango yavuzwe haruguru. Ariko ko bakibanye n’umugabo we nk’umugore n’umugabo.

Tags: GutandukanaMichelle ObamaUmugabo we
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?