Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 12, 2025
in World News
0
Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Michelle Obama yamaganye ku mugaragaro abavuga ko yatandukanye n’umugabo we Barrack Obama, avuga ko ibyo ari ibihuha byambaye ubusa.

Ibyo kuvuga ko Michelle Obama yatandukanye n’umugabo we, byatangiye kuvugwa nyuma y’aho uyu mugore ataragiherekeza umugabo we mu bikorwa byo kurwego rwo hejuru, harimo no kuba ataraherekeje Obama mu muhango wo kurahira kwa perezida Donald Trump ndetse no mu muhango wo gushyingura uwahoze ari perezida w’Amerika Jimmy Carter. Ibi byatumye bihwihwisa ko bashobora kuba baratandukanye.

Mu kiganiro Michelle Obama umugore wuwahoze ari perezida w’Amerika yamaze gushyira hanze, yasobanuye ko ubu ari mumwanya wo kugenzura ingengabihe nk’umugore ukuze.

Avuga ko abantu batashoboye kwemera ko yifatira icyemezo we ubwe, ahubwo ko bishyizemo umugabo we nkaho bagiye gutandukana.

Ati: “Bishyizemo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana. Ariko nyama sibyo. Nababivuze baribeshye.”

Michelle Obama yavuze ko yumva hari icyo yishinja mu mutima we kubera ukuntu hari inshingano zimwe yikuyemo.

Yagize ati: “Icyo ni kintu twebwe nk’abagore, ntekereza ko tugorwa na cyo nko kumva ko twatengushye abantu.”

“Ndashaka kuvuga ko ari uko bimeze cyane, kuburyo uyu mwaka abantu batashoboraga no kwiyumvisha ko ari amahitamo yanjye nari ndimo gukora ku bwanjye, kuburyo byabaye ngombwa ko bishyiramo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana.”

“Ariko mukuri ndi umugore ukuze ngomba kwifatira ibyemezo runaka , sibyo? Ariko kandi ibyo nibyo sosiyete idukorera nk’abagore.”

Yageze aha agira ati: “Nahisemo gukora icyari kinogeye cyane kurusha ibindi, kandi icyo nakoze narinkwiye gukora n’icyo nakoze.”

Michelle Obama kandi yavuze ko hari n’ibindi yitayeho, bijyanye n’imyigire y’abana aho yagize ati: “Hari n’ibindi nitayeho nshishikajwe no kwita k’uburezi bw’abana b’abakobwa banjye.”

Kubwe avuga ko ibyo ari byo byatumye atabana na Barrack Obama muri iriya mihango yavuzwe haruguru. Ariko ko bakibanye n’umugabo we nk’umugore n’umugabo.

Tags: GutandukanaMichelle ObamaUmugabo we
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?