• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisiteri y’ubutabera muri RDC yatangaje icyo irigukorera wa mu Lt Gen uheruka gukora ibigayitse muri iki Gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 23, 2024
in Regional Politics
0
Minisiteri y’ubutabera muri RDC yatangaje icyo irigukorera wa mu Lt Gen uheruka gukora ibigayitse muri iki Gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisiteri y’ubutabera muri RDC yatangaje icyo irigukorera wa mu Lt Gen uheruka gukora ibigayitse muri Kamina

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Bikubiye mu byo Minisiteri y’ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ya menyesheje urugaga rw’abavoka ko Lt Gen Jean Claude Kifwa wagaragaye atoteza mugenzi wabo, ubutabera bwatangiye ku mukurikirana.

Ahagana tariki ya 19/08/2024, abanyamategeko bakorera mu ntara ya Haut-Lomami bahuriye ku rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Gombe i Kinshasa, mu gisa n’imyigaragambyo, bandikira ubushinjacyaha bwa gisirikare babusaba gukurikirana Lt Gen Kifwa usanzwe ari umuyozi w’ikigo cya gisirikare cya Kamina.

Ibi, abanyamategeko babisabye, nyuma yuko ku mbuga nkoranya mbaga hasakaye amashusho agaragaza abasirikare bahagarikiwe na Lt Gen Kifwa barimo batoteza bwana Me Kabwende, bamubwira kurira ijeep. Muri video yagiye hanze ibigaragaza, ubona abasirikare ba Kifwa barimo ku mukubitagura, undi nawe atakamba ngo ba mugirire impuhwe.

Perezida w’urugaga rw’abavoka, Me Mourice Kanyama, yatangaje ko mu gihe umunyamategeko umwe ahohotewe, n’abandi bose baba bahohotewe.

Yagaragaje ko abavoka ari abantu bafite agaciro kuko baharanira uburenganzira bwa bose kugeza ku mukuru w’igihugu.

Yagize ati: “Twizeye ko ubutabera buzakora akazi kabwo. Ntabwo tuzi ibizaba ariko byibuze, kandi twashyikirije kopi ubuyobozi bwose bw’igihugu kugira ngo bugire icyo bubikoraho, tubone umunyamategeko n’ubutabera muri rusange bisubizwa agaciro.”

Minisiteri y’ubutabera, mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi w’ibiro bya minisiteri ku munsi w’ejo hashize tariki ya 22/08/2024, isobanura ko ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangiye gukurikirana Lt Gen Kifwa, kandi ko yizeza ko izakora ibishoboka kugira ngo ubutabera butangwe.

Ibya Gen Kifwa akurikiranyweho birimo gutoteza no gukora ibindi bikorwa bitesha agaciro ikiremwa muntu.

               MCN.
Tags: Gn KifwaIcyo buri gukoraRdcUbutabera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Hari ibikebereye ubuyobozi urujijo ku mpanuka iheruka kubera mu bice byo mu Burengerazuba bwa RDC.

Hari ibikebereye ubuyobozi urujijo ku mpanuka iheruka kubera mu bice byo mu Burengerazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?