• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Minisitiri Kayikwamba yajanye mu nkiko ibinyamakuru byamusebeje

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 9, 2025
in Conflict & Security
0
Minisitiri Kayikwamba yajanye mu nkiko ibinyamakuru byamusebeje
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri Kayikwamba yajanye mu nkiko ibinyamakuru byamusebeje

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yasohoye itangazo rigenewe abanyamakuru rigaragaza ko yamaganye byimazeyo amagambo y’ibinyoma amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga amushinja ibitandukanye, anavuga ko agamije kumuharabika no kumutesha agaciro, ndetse no guhungabanya umuryango we.

Mu itangazo rye bwite, Kayikwamba yavuze ko ibyo birego byashatse kwangiza ibihe byari bikwiye kurangwa n’ibyishimo n’umutuzo mu muryango we. Yemeza ko bigamije kumwambura icyizere mu kazi ke no guca intege ijwi rye mu kubahiriza inshingano ahabwa n’igihugu.

Yagize ati: “Nshingiye ku kinyoma gikomeje gukoreshwa nk’intwaro, nemeje ko mfite inshingano yo kurinda umwana wanjye no gukomeza gukora akazi kanjye mu mutuzo n’umwete. Ku bw’ibyo, natanze uburenganzira ku biro by’amategeko byitwa ALTIUS biherereye i Buruseli mu Bubiligi kugira ngo bitangire gukurikirana abamparabitse mu bihugu bitandukanye harimo u Bubiligi, Suwede na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.”

Amazina y’abantu bazakurikiranwa mu buryo bw’amategeko barimo: M. Pero Luwara, uyobora CPL TV ikorera mu Bubiligi, M. Emmanuel Banzunzi, ushinzwe urubuga Bishop National rukunze gukorera muri Suwede,
N’urubuga rwa CongoIntelligence.com

Kayikwamba yanatangaje ko hatekerejwe no gukurikirana izindi mbuga zagiye zifasha gukwirakwiza ayo mashusho n’amagambo y’ibinyoma, cyane cyane izungukira mu kuyatangaza. Avuga ko ibimenyetso byose byakusanyijwe n’abahesha b’inkiko kugira ngo batagira iperereza.

Yongeyeho ko iki gikorwa cye kibaye n’igisubizo ku ihohoterwa rikorerwa abagore, haba irishingiye ku magambo, ibitekerezo byuzuyemo ivangura cyangwa ibitutsi. Yagize ati: “Nta mugore, yaba uzwi cyangwa utazwi, ugomba gufatwa nk’intwaro mu ntambara y’amagambo cyangwa ibitekerezo bisebya.”

Mu gusoza, Kayikwamba Wagner yagaragaje ko muri iki gihe igihugu gihanganye n’intambara no kutagira amahoro, atiteguye gutwarwa n’ibihabanye n’inshingano ze nk’umuyobozi. Yatangaje ko yashinze itsinda ry’abanyamategeko gukomeza gukurikirana dosiye, we agakomeza kwiyegurira inshingano ze mu bwitange.

Tubibutsa ko ibi Thérèse Kayikwamba Wagner yabishyize hanze tariki ya 07/11/ 2025.

Tags: IbinyamakuruKayikwambaMu nkiko
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
MRDP-Twirwaneho yakoze impinduka mu buyobozi bwa gisirikare, ishyiraho ba Colonel ba Lieutenant-Colonel n’aba Major bashya

Twirwaneho yamaganye Ingabo z’u Burundi inasaba ko zikurwa mu misozi miremire y’i Mulenge, ibirambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?