• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

minebwenews by minebwenews
June 16, 2025
in Conflict & Security
0
Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahanguye ubushinjacyaha bukuru bw’iki gihugu ku geza murukiko minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba, uwo bashinja kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika.

Ku cyumweru tariki ya 15/06/2025, ni bwo inteko ishinga amategeko yatoye ku bwiganze ko Mutamba agezwa mu butabera akaburana nk’imfungwa.

Abadepite 363 ni bo bari bitabiriye ayo matora, bemeza ko dosiye ya Mutamba igezwa mu rukiko. Ababyanze nabo ni 29 mu gihe 12 bo bifashe.

Uyu minisitiri w’ubutabera bamushinja icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza y’i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Ibyo aregwa, yarabihakanye ndetse kandi aanabisabira n’imbabazi, nubwo ibyavuga bitahawe agaciro.

Umushinjacyaha yasobanuye ko Mutamba ibyo yisobanuyeho byatumye arushaho gukekwa ibyo ashinjwa.

Nyamara Mutamba avuga ko ibyo ari gukorerwa ari akagambane gashingiye kubibazo afitanye n’abayobozi barimo umushinjacyaha mukuru.

Yagize ati: “Umushinjacyaha Mvonde ashaka kwihorera.”

Mu minsi mike ishize, Mutamba yari yavuze ko umuntu uzajya ahamwa no kunyereza umutungo wa Leta azajya akatirwa urwo gupfa.

Ni mu gihe kandi yashinjaga uyu mushinjacyaha Mvonde kuba yaranyereje amafaranga ahanini yari agenewe kubaka amazu akomeye afite, harimo ay’ibihumbi 900 by’amayero yaguze mu Bubiligi.

Kugeza ubu minisitiri Mutamba ntibyemewe gusohoka umujyi wa Kinshasa aho biteganywa ko agomba kwandika ibaruwa asezera guverinoma ya perezida Felix Tshisekedi, yamushyize muri izo nshingano yarafite nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye muri iki gihugu umwaka ushize.

Tags: KinshasaMutamba
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y'ihuriro ry'Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?