Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba, y’ibasiriye Moïse Katumbi, kuba ashaka gutsinda Amatora anyuze mu Barusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 18, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w’Intebe w’ungirije, Jean Pierre Bemba Gombo, arashinja kandida nimero 3, Moïse Katumbi, kuba ari gukorana na Barusiya m’urwego rwo kugira y’ibe Amatora asigaje iminsi ibiri akaba muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Jean Pierre Bemba Gombo, yanagaragaje ko afite ibimenyetso bifatika bigaragaza ko Moïse Katumbi, yakoze iyo bwakaba ngo atsinde ariya Matora yo kw’itariki 20/12/2023. Leta ya Kinshasa binyuze muri perezida wayo Félix Tshisekedi, nawe w’iyamamaza k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu, manda ya kabiri yagiye y’umvikana ashinja Katumbi kuba ari umukandinda watumwe na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.

Minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba, yagize ati: “Mu mezi atatu ashize binyuze munzego z’ubutasi za Barusiya, baduhaye amakuru avuga ko Moïse Katumbi Chapwe, yavuganye n’abarusiya abasaba ku mufasha kunzinjira muri system ya CENI. Ibi byaranagaragaye kuko hari ibitero biheruka kugabwa kuri site za CENI, mu buryo bw’ikorana buhanga.”

Bemba yakomeje avuga ati: “Katumbi, arashaka gutsinda Amatora anyuze munzira za magendu. Azi neza ko ariya Matora atazayatsinda niko kunyura inzira zitarizo.”

Uyu minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, wigezeho kuba visi perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahagana mu mwaka w’2003, yakomeje kwerekana ko Katumbi koyaba arimo nogutegura gutera igihugu mugihe atotsinda ay’amatora.

Bruce Bahanda.

Tags: 20/12/2023Bemba GomboCENIGutsinda Amatora anyuze mu BarusiyaY'ibasiriye Moïse Katumbi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Kw'iyamamazabwa nyuma kwa Félix Tshisekedi, yatangarije abanyekongo intambara yeruye n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?