Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri W’ingabo Muri RDC, J.Pierre Bemba, Ati Indege 3, Zigisirikare c’u Rwanda Zagaragaye Mumisozi Ya Rutshuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ingabo, muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, J. Pierre Bemba Gombo, yemeje ko hari indege zagisirikare zitatu z’u Rwanda ziheruka kugaragara kumisozi ya Rutshuru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 07.05.2023. Saa 10:25 am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Jean Pierre Bemba Gombo, Minisitiri w’ingabo muri leta ya Kinshasa, yatangarije itangaza makuru maze yemeza ko harindege zagisirikare za leta ya Kigali, ziheruka kugaragara zizenguruka mu kirere cyo muri teritwari ya Rutshuru.

Ibi bwana J.Pierre Bembe, akaba yarabihawe nabashinzwe umutekano ubwo yahuraga nurwego rw’igisirikare rushinzwe iperereza, maze Minisitiri wingabo nawe abigeza mu nama y’abaminisitiri yari iyobowe na President Félix Tshisekedi, ubwo bateranaga kw’itariki 5.03.2023.

Bemba yagize ati: “Ingabo za Leta ya Kigali(RDF), zikomeje kugaragara mu bice bimwe na bimwe kubutaka bwacyu. Ibi akaba ari ukwiyongera kw’imbaraga ziva mu Rwanda, kandi bagaragaye Kabuhanga nomuri Pariki y’igihugu ya Virunga. Indege zagisirikare zabo zitatu ( 3), za RDF zazengurutse kenshi muri Tshanzu, ho muri Teritware ya Rutshuru.”

Ubwo kandi Abaminisitiri baterana ga kandi i Kinshasa tariki ya 28.04.2023, Minisitiri wingabo Jean Pierre Bemba, muriyo nama yababwiye ko hari imbaraga zituruka mu Rwanda. Yagize ati: “Mu bice bimwe nka, cyane cyane muri Chanzu, Runyoni na Bigega, imbaraga nshya ziturutse mu Rwanda zahageze.”

Bemba yatanze, ayamakuru yemeza ko akubiye muri Raporo yabashinzwe iperereza ry’igisirikare cya leta ya Kinshasa, bikaba byarakusanyijwe kuva tariki ya 29.04.2023 kugeza tariki 02.05.2023. Président Tshisekedi, ubwo yari munama i Bujumbura, kumunsi w’ejo hashize tariki 06.05.2023, nibi yashingiyeho avuga ko u Rwanda rwarenze ku myanzuro y’amahoro, rutera igihugu cyabo, ngo rwitwikiriye M23.

Leta ya Kigali, igize igihe ihakana ibirego Kinshasa, ibarega ikavuga ko ahubwo leta ya Kinshasa, ifatanya numutwe witerabwoba wa FDLR, umutwe urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda mumwaka wa 1994, iyi Genoside ikaba yarakorewe Abatutsi.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uhuru Kenyatta, Wahoze Ari President Wa Kenya, Kuruyu Wa Mungu, Yakoranye I Kiganiro Na President Evalist Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?