Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’Ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, y’ibasiriye Abakandida bahanganye na Tshisekedi mu matora ateganijwe muri iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’Ingabo muri RDC Jean Pierre Bembe Gombo, ubwo yarafite ikiganiro n’abaturage k’umunsi w’ejo hashize tariki 06/12/23, mu Mujyi wa Kinshasa. N’ikiganiro bivugwa ko cyabereye neza muri Quartier ya Masina, nk’uko byavuzwe cyari i kiganiro kigamije kwa mamaza u mukandida Félix Tshisekedi, ufite nimero ya 20.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Jean Pierre Bemba, ubwo yari muricyo kiganiro y’ibasiriye cyane Dr Denis Mukwege,

Yagize ati: “Dr Denis Mukwege, nta kwiye gutekereza ko i gihugu ari nkahantu ho kubagira abarwayi ngo kuko ntabitekerezo bya politike biri muri we!”

Yakomeje avuga ati: “Yego ndabizi ko Dr Mukwege, y’igeze guhabwa ibihembo n’umuryango w’Abibumbye, by’uko yita kuba damu ariko ibyo nti bivuze ko afite ibitekerezo bya politike ya yobora i gihugu. Rwose Dr Denis Mukwege natuze.”

Minisitiri Jean Pierre Bemba, kuri ubu akaba akomeje kwa mamaza perezida Félix Tshisekedi, no gu kangurira abantu ku tazagira undi mu kandida bumva hubwo ko bakwiye kumva Tshisekedi kandi bakaza mutora. Gusa mu kwa mamaza Tshisekedi akomeje kunenga abandi ba kandida bahatanira uriya mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

Mu gihe hari abahatira abaturage kuzatorera Tshisekedi Manda ya
kabiri, ariko ubwo Tshisekedi yari agiye kwiyamamaza mu Ntara ya Haut-lomami byagaragaye ko yitabiriwe n’abantu bakeya bivugwako batari bageze abantu 50.

Jean Pierre Bemba Gombo, kandi y’umvikanye avuga nabi Moïse Katumbi, aho yavuze ko Salomon Kalonda w’igeze kuba umujanama wa Moïse Katumbi Chapwe, avugako igihe yafashwe arafungwa basanze azavugana n’inyeshamba za M23 bityo ko abakongomani batagomba gutora Moïse Katumbi chapwe ngo kuko nawe arumwanzi wa Congo.

Kuva igikorwa cyo kwiyamamaza cyatangira muri RDC abashigikiye Tshisekedi ndetse nawe ubwe ntibasiba kwibasira abo bahanganye aho ba bita aba kandida ba banyamahanga.

Tubibutse ko igikorwa cyo kw’iyamamaza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kizarangira tariki 18/12/2023, nk’uko biteganwa n’itegeko shinga rya RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Minisitiri w'ingabo muri RDC Jean Pierre Bemba GomboY'ibasiriye Abakandida bahanganye naTshisekedi mu matora ateganijwe kuba muri iki gihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Gufatwa kwa Mushaki, byavugishije abanya politike benshi ba RDC Noel Tshiani we yasezeranije abanyekongo, gufata Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?