• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’ingabo w’ungirije w’u Burusiya, yatawe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2024
in Regional Politics
1
Minisitiri w’ingabo w’ungirije w’u Burusiya, yatawe muri yombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’Ingabo w’ungirije w’u Burusiya Timur Ivonav yafunzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe n’ibiro bya perezida w’u Burusiya, aho byahise bivuga ko minisitiri w’ingabo w’ungirije w’u Burusiya Timur Ivonav, yatawe muri yombi.

Mu itangazo ibyo biro ryashize hanze rivuga ko uyu minisitiri akurikiranweho ibyaha byo kwakira ruswa ingana na $ 10.000.

Hari n’andi makuru yatanzwe n’ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu, avuga ko minisitiri Ivonav akekwaho ibyaha byubugambanyi.

Umuvugizi w’ibiro bya perezida w’u Burusiya, Dmitry Preskov yasabye abaturage kwirinda amakuru y’ibihuha, bakizera atangazwa na leta.

Yanavuze ko perezida Vradimir Putin yamenyesheje ibyifungwa rya Ivonav mbere y’uko riba.

Urukiko rw’Akarere ka Basmanny i Moscow rwategetse ko akomeza kuba afunzwe mu gihe cy’amezi abiri.

Mu 2022, umuryango urwanya ruswa (ACF) washinzwe na Alexia Navalny wapfuye mu kwezi kwa 2 uy’u mwaka, yahoze ari umukuru wabatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burusiya, washinje Ivonav kugira uruhare mu migambi yaruswa mu gihe cy’ubwubatsi mu turere twa Ukraine twigaruriwe n’u Burusiya.

Minisitiri Ivonav, ahagana mu mwaka w’ 2016 yari ahagaririye ibikorwa by’ubwubatsi birimo no kubaka umujyi wa Mariopul.

Mu gihe ibi byaha byo muhama ashobora gufungwa imyaka igeze ku icumi n’itanu.

              MCN.
Tags: Ivonav Minisitiri wingaboW'u BurusiyaYatawe muri yombi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu bifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR, byo ngeye kwitwa ikibazo gikomeye mu muryango w’Abibumbye.

Ibihugu bifasha umutwe w'iterabwoba wa FDLR, byo ngeye kwitwa ikibazo gikomeye mu muryango w'Abibumbye.

Comments 1

  1. Chantalnyakirindo says:
    1 year ago

    Niyihangane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?