• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Lt Gen. Gervais Ndirakobuca yavuze ku barwanyi ba Red Tabara, aza kunyuranya nibyo perezida w’icyo gihugu agize igihe avuga kuri uwo mutwe.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Lt Gen. Gervais Ndirakobuca yavuze ku barwanyi ba Red Tabara, aza kunyuranya nibyo perezida w’icyo gihugu agize igihe avuga kuri uwo mutwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe w’u Burundi Lt Gen. Gervais Ndirakobuca, yavuze ku mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi atangaza ibinyuranye nibyo Perezida Evariste Ndayishimiye agize igihe ashinja uwo mutwe gutera igihugu cye bavuye mu macyumbi bahabwa n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyo minisitiri w’intebe w’u Burundi Gervais Ndirakobuca, yatangaje mu Nama iheruka kubera i Gihanga, ku wa Gatatu, w’iki Cyumweru tariki ya 27/02/2024. Iyo Nama ikaba yaritabiriwe n’abarimo abakora munzego z’u mutekano n’izindi nzego z’ubuyobozi.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ruvuga ko Ndirakobuca muriy’i Nama yavuze ntakurya umunwa kandi atangaza amagambo adasanzwe.

Yagize ati: “Twese tuzi aba baduteza ibibazo bashaka kudusubiza mu byago by’ahahise. Bamwe ni abana bacu, abavandimwe bacu, abandi ni babyara bacu. Niba abana bacu cyangwa abavandimwe bacu bahisemo kwihuza cyangwa gufatanya n’imitwe y’itwaje imbunda mu guhungabanya umutekano kuba tuzi aho baturuka bisobanuye ko tugomba kubahagarika.”

Uy’u munyacubahiro yanavuze ko inzego z’u mutekano zimaze iminsi zikora amakosa yo gucyunga umutekano w’igihugu, avuga ko mu gihe hafashwe ingamba zihamye zo gucyunga umutekano neza nta handi ibitero byo turuka.

Iy’i Nama yabaye nyuma gato y’uko mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 25/02/2024, umutwe wa Red Tabara wari wagabye igitero i Buringa, mu Ntara ya Bubanza. Ni igitero abarwanyi buyu mutwe bigabye kwiciramo abasirikare ba tandatu ba leta y’u Burundi, bitandukanye nibyo leta yo, yatangaje ko hiciwemo abasivile.

Iki gitero cyabaye kandi nyuma y’ikindi cyari cyakozwe n’uyu mutwe bakigaba mu Gatumba, mu bice bihana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minisitiri w’intebe w’u Burundi yanenze abakora mu nzego z’u mutekano kudakusanya amakuru ahagije hubwo bagahugira mu bibarangaza nk’u bucuruzi n’ibindi bitajanye ninshingano bashinzwe.

Mu gihe perezida w’u Burundi we, mu majambo yavuze nyuma yabiriya bitero bibiri yahise avuga ko Red Tabara ifashwa n’u Rwanda, ko kandi bahabwa icyumbi n’ubutegetsi bw’u Rwanda.

Bikaba bizwi ko uyu mutwe wa Red Tabara utera u Burundi uvuye mu misozi yo muri Hauts-Plateaux, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

                   MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeHauts-PlateauxIbinyuranyeIcyumbiNdirakobucaRed tabaraU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu rwandiko rwanditswe n’agatsiko kabagabo biyita abavugizi ba Banyamulenge, ngo habayemo ukwirengangiza kurenze igipimo.

Mu rwandiko rwanditswe n'agatsiko kabagabo biyita abavugizi ba Banyamulenge, ngo habayemo ukwirengangiza kurenze igipimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?