Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’uko ishyaka ry’Abakozi (Labour Party) ryo mu Bwongereza ritsinze amatora rusange, nibwo Sunak Rich wari minisitiri w’intebe yahise afata umwanzuro wo kwegura.

Ndetse anahita yerekeza i Bwami, gushyikiriza umwami w’iki gihugu, Charles III ubwegure bwe.

Amatora rusange y’Abagize inteko ishinga mategeko, mu gihugu cy’u Bwongereza yabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/07/2024, intsinzi yegukana ishyaka ry’Abakozi(Labour Party), aho ryabonye imyanya 410 mu nteko ishinga amategeko.

Ibi byatumye Keir Rodney Starmer uyoboye iri shyaka, ahita asimbura Rish Sunak wo mu ishyaka ry’Aba-Conservative ku mwanya wa minisitiri w’intebe.

Kuri uyu wa Gatanu, byari biteganijwe ko ari na bwo hemezwa minisitiri w’intebe mushya w’u Bwongereza, Rish Sunak yegura ku buyobozi bw’iri shyaka ry’Aba-Conservative.

Mu ijambo rya nyuma nka minisitiri w’intebe, yavugiye ku biro bya minisitiri w’intebe mu Bwongereza, rimenyesha Abanyagihugu bose. Rish Sunak yagize ati: “Nsabye imbabazi. Ukutishimira ibyavuye mu matora kwanyu ndakumva, uko mwatengushywe, kandi ndishyira ku gahanga ibyabaye.”

Rish Sunak yakomeje agira ati: “Uyu ni umunsi ukomeye uje ari iherezo ry’indi minsi y’ingutu, ariko mvuye kuri aka kazi k’icyubahiro ko kubabera minisitiri w’intebe.”

Umwami Charles III kandi yemeye ubwegure bwa Rish Sunak nk’uko byemejwe n’Ubwami bw’u Bwongereza kuri uyu wa Gatanu.

            MCN.
Tags: Labour PartyMinisitiri w'intebeSnake RishUbwongerezaYeguye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umwana w’u Munyamulenge uri mu kigero cy’i myaka 14, yarohamye mu mugezi wa Rusizi.

Umwana w'u Munyamulenge uri mu kigero cy'i myaka 14, yarohamye mu mugezi wa Rusizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?