• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, yahawe agashimwe katabaho mu Isi ya bazima.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, yahawe agashimwe katabaho mu Isi ya bazima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro yahawe agashimwe katarigera gahabwa undi muntu kuri iy’i si dutuyeho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni agashimwe minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, yaherewe mu gihugu cya Maurice, agahawe n’ishirahamwe rya Executive Group, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Pacifique Ninahazwe.

Urwo rubuga rwatangaje ko nta wundi mutegetsi cyangwa undi muntu wigeze ahabwa aka gashimwe, kuva Isi yabaho, ndetse ko niryo shirahamwe ryagatanze ridashobora ku boneka ku mbuga nkoranya mbaga, cyangwa byibuze ngo ritangaze ko ryatanze ako gashimwe.

Akomeza avuga ko hari ikinyamakuru cyo mu Burundi cyitwa Ikiriho, giheruka gutangaza ati: “Ese kwiha amenyo yabasetsi! Aba DD bahimba Amafaranga, ubu barariha aba escroc kugira babahe ubushimwe butagira akepfo karuguru.”

Pacifique Nininahazwe yasoje avuga ko kariya gashimwe minisitiri Albert Shingiro ko yagiye ku kureka perezida Ndayishimiye kugira ahari, amugirere icyizere cyo kumuha kuyobora umwanya wa minisitiri w’intebe, ni mugihe bigize igihe bihwihwisa ko perezida Ndayishimiye atakicyumvikana na Gervais Ndirakobuca, umaze umwaka umwe ari minisitiri w’intebe umwanya yatsibuyeho General Alain Guillaume Bunyoni, kuri ubu afungiwe muri prison central ya Gitega, ku murwa mukuru wa politike w’igihugu cy’u Burundi.

        MCN.
Tags: Albert ShingiroMinisitiri w'ubanye n'amahanga w'u BurundiYahawe agashimwe katabaho mu Isi ya bazima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FDLR ivugwa hamwe n’ingabo z’u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.

FDLR ivugwa hamwe n'ingabo z'u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?