• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Minisitiri w’u Bwongereza muri minisiteri ya policing, Philp Chris yitiranije u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in World News
0
Minisitiri w’u Bwongereza muri minisiteri ya policing, Philp Chris yitiranije u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’u Bwongereza muri minisiteri ya policing, Philp Chris yitiranije u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Hari mu kiganiro cyitwa Question Time(ikiganiro mupaka) cya BBC, aho yagize ati: “Oya, ntekereza ko hari umwihariko ko abantu bavuye mu Rwanda batakoherezwa mu Rwanda.”

Ni mu gihe yari abajijwe abimukira ko boba baravuye i Goma bambuka baciye mu mazi bakoresheje ubwato bakaja mu Bwongereza.

Maze abazwa niba y’umva ibyo bifite ishingiro??

Philp Chris yasubije ati: “Oya, ntekereza ko hari umwihariko ko abantu bavuye mu Rwanda batakoherezwa mu Rwanda.”

Yakomeje agira ati: “U Rwanda rutandukanye na Congo, sibyo?”

Maze yongeraho ati: “Ni ikindi gihugu?”

Ayo magambo yatumye abari muri icyo kiganiro mpaka baturika baraseka.

Umwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bwongereza, Wes Streeting ava mu ishyaka rya Labour, yahise araranganya amaso mu bari muri icyo cyumba kiberamo ikiganiro.

Philp Chris yakomeje agira ati: “Hari ingingo mu itegeko ivuga ko niba umuntu yababazwa, ntekereza ko imvugo ikoreshwa mu itegeko ari ukugirirwa nabi bikomeye kandi bidashobora gukira kubera koherezwa ahantu ntabwo yakoherezwa mu Rwanda.”

Naho Sarah Oney, nawe uva mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bwongereza, yavuze ko ibyo minisitiri Philp Chris yavuze bigaragaza ko leta y’u Bwongereza itazi icyo gukora.

Ati: “Iyi si leta izi icyo gukora.”

Mugenzi wa Philp yasobanuye ko uwo minisitiri wari wabajije iki kibazo kidasaba igisubizo yari yabajije, kitari ikibazo nyakibazo, ubwo yageragezaga gusobanura icyo yari yabajijwe.

Minisiteri y’u butegetsi mu gihugu cy’u Bwongereza yavuze ko hazabaho gusuzuma ibyago kuri buri muntu ku giti cye, ubwo hazaba harebwa abakwiranye no kwimurirwa mu Rwanda.

            MCN.
Tags: AbimukiraChris PhilpMinisitiriUbwongerezaYitiranije u Rwanda na Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ubugira kabiri, Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombi, i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Ubugira kabiri, Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombi, i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?