• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri Wubanye Na Mahanga Wa RDC Yahakanye Amakuru Avugako Hagati Ye Na Perezida Félix Tshisekedi Ndetse Na J.Pierre Bemba Harubushamirane.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC Christophe Lutundula, yahakanye amakuru avuga ko ingabo zomumuryango wa SADEC zitazoherezwa mu burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 13.06.2023, saa 7:15Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yahakanye amakuru avuga ko abasirikari b’umuryango wibihugu bihuriye mwiterambere ry’Afrika y’Epfo (SADEC) bazoherezwa mu burasirazuba bw’ikigihugu, nkuko byatangajwe muminsi ishize ko boba batakije.

Nimugihe muri RDC hagize igihe hahwihwisa amakuru avuga ko izingabo za SADC ko zitakichoherejwe kubutaka bw’aCongo.

Uyu muryango munama iheruka kubera Mugihugu ca na Mibiya, kuya 08.05.2023. Iy’inama yarimo na Perezida Félix Tshisekedi, mubyari kwisonga kwari ukurwanya nokwambura imitwe yitwaje intwaro yimbere Mugihugu ndetse niyamahanga ikorera kubutaka bwa Congo Kinshasa, harimo numutwe wa M23.

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa mbere, rya minisiteri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, ni itangazo ryatunguye benshi mubyarimo harimo ko: “Amakuru y’ibinyoma” atangazwa avuga ko harubushamirane bukabije hagati ya Perezida Félix Tshisekedi na Christophe Lutundula ndetse na Jean Pierre Bemba bijyanye no kohereza ingabo za SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ayomakuru nibinyoma byambaye ubusa.

Rigira riti: “Ayo makuru y’ibinyoma yerekanaga ko uhagarariye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye muri RDC, Madamu BINTOU KEITA, koyaba yarakoze ubukangurambaga bwo kwamagana koherezwa ry’izo ngabo za SADC, muburasirazuba bwa RDC.”

Byongeye kandi, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yahakanye ibyo birego ibyo yise ko ari “Ibinyoma,” bidashingiye ku bimenyetso bifatika kandi byizewe.

Ati: “Mu byukuri, nta nama y’abaminisitiri yo ku wa gatanu, 09.06.2023, yabaye ijyanye no kohereza ingabo z’a SADC muri RDC ku bibazo bijyanye n’ibikorwa bya gisirikare mu rwego rwo kugarura amahoro. Umutekano mubice by’iburasirazuba bwa RDC.”

Kimweho Minisitiri Christophe Lutundula, aheruka gutangaza ko Kuba Uburasirazuba bwa RDC, burimo ingabo ninshi ngobisa nabatetsi benshi babisha umusosi.

Ariko twakwibutsa ko bamwe mu Banyekongo barwanya kohereza igisirikare ca SADC kubutaka bwa Congo Kinshasa . Gusa hakaba nikindi gice gishigikiye kohereza ingabo za SADC muri RDC, nimugihe bashingiye ko izo ngabo zari zarafashije FARDC kwirukana inyeshyamba za M23 mumwaka wa 2013.

Nyuma yuko habaye imirwano ikaze ariko Kandi hagiye haba nimishyikirano myinshi, cyane imishyikirano mpuzamahanga y’amahoro, ingabo za Congo n’ingabo z’a SADC zatsinze umutwe wa M23 muricogihe. Ariko twakwibutsa ko kuva Mukwezi Kwa 5/ 2021, izo nyeshyamba zongeye gufata intwaro muburasirazuba bw’ikigihugu maze baza kwigarurira ibice byinshi harimo ibice biherereye muri teritware ya Rutshuru, Masisi ndetse na Nyiragongo.
Ibiganiro bya Luanda na Nairobi, bashingiye kubiganiro byamahoro izonyeshamba zongeye kurekura ibice byinshi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Christophe LutundulaFélix TshisekediJean Pierre BembaRdcSADCUbushamirane
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe RDC Yugarijwe N'intambara Zurudaca Perezida Félix Tshisekedi, Arizihiza Isabukuru Yimyaka 60 Amaze Avutse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?