• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri W’ubanye Namahanga Wa Kenya, Ubwo Yari Muruzinduko Muri America, Yabwiye Itangaza Makuru Ko Ingabo Ze Ziri Muri RDC Zitazarwanya M23.

minebwenews by minebwenews
April 26, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ministre w’ubanye namahanga wa Kenya bwana Alfred Mutua, ubwo yari muruzinduko muri Leta z’Unze Ubumwe Za America, yavuzeko ingabo ze ziri muburasirazuba bwa RDC zitajanwe no kurasa M23 kandi ko zitazayirwanywa.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 26.04.2023, saa 6:35 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Alfred Mutua, ariwe Ministre w’Ubanye namahanga wa Kenya, mukiganiro yakoranye nitangaza makuru muri Leta z’Unze Ubumwe Za America, muriki kiganiro kandi cyarimo numunyamabanga wa America bwana Antony Blinken, yabivuze atarya umunwa yemeza ko ingabo z’igihugu cye ziri mubutumwa bwa Mahoro muburasirazuba bwa RDC ko zitajanwe kurwanya M23.

Muki kiganiro umunyamakuru Julian Pecquet, ukorera ikinyamakuru cya The Africa Report yamubajije ati: “Murateganya kurwanya M23 nk’uko Abanyekongo basa n’ababyifuza? Mwatubwira igishya mu biganiro byo kongera igihe cya EACRF?”

Minisitiri Mutua yasubije ati: “Ingabo zacu ziriyo ariko ntabwo ari ku bwo kurwana na M23. Ntabwo turiyo ngo turwanye M23 cyangwa undi wese. Twagiye kurema umwanya ushobora gutuma imitwe irwanya Leta ya RDC n’irwana na Leta ya RDC igira ibyumviro by’umutekano. kurubu bamwe mubarwanyi bari kurambika intwaro hasi kandi bari kujya ku meza y’ibiganiro.”

Ikindi yibukije ko M23 imaze imyaka myinshi, bityo ko ikibazo cyayo kitakemuka mu munsi umwe. Yagize ati: “Ni ingenzi kumenya ko M23 imaze imyaka myinshi bityo ntabwo ari ikibazo gito cyatangiye ejo, rero, turi gukorana kandi imishyikirano ya Nairobi irakomeje, urugendo rurakomeje.”

yatangaje ko biri mu nzira yo kwemerwa, kandi ngo yizeye ko Kenya itazakura ingabo zayo mu burasirazuba bw’iki gihugu mu gihe amahoro azaba ataraboneka. Ati: “Ku bijyanye n’ingabo z’akarere no kuzongerera igihe, ibyo biri mu nzira, kandi turizera ko bizaba. Kenya ntabwo iteganya gukurayo ingabo zayo kugeza ubwo tuzabonera igisubizo cyiza.”

Mu burasirazuba bwa RDC hari ingabo z’ibihugu 5 zibarizwa muri EACRF.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Umunya Politiki Utavuga Rumwe Nubutegetsi Bwa Kinshasa, Matata Mponyo, Yavuzeko Kinshasa Isigaye Imwita Umunyarwanda.

Comments 1

  1. slots lotty manna says:
    3 years ago

    slots for free scatter slots on facebook casino
    slot machine slots lotty manna

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?