• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yatangaje ko leta ye yiteze kugira ico ikora mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusasu rumwe mu Mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa Republika ya Demokorasi ya Congo, Christophe Lutundula, yatangarije amahanga ko leta ye yiteze kugira ico ikora mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusaku rumwe mu Mujyi wa Goma.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ibi abivuze mugihe kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023, imirwano hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo(Fardc), yiriwe ibera munkengero z’u Mujyi wa Goma ndetse no muri Rutsuru.

Christophe Lutundula, yagize ati: “Mbivuze mw’izina rya perezida wa Republika, Félix Tshisekedi no mw’izina rya banyagihugu bose mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusaku rumwe mu Mujyi wa Goma, muricogihe twiteze kugira ico dukora catangaza isi.”

Abivuze mugihe kandi Umuvugizi w’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yaramaze kumenyesha ko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (Fardc) zikomeje kubahiriza Amasezerano yoguharika imirwano ngo nimugihe zir’iya Ngabo ngo zikura muduce tumwe natumwe maze ngo ingabo za M23 zikatwigarurira.

Yagize ati: “Ntabwo ingabo zacu zihanganye n’umwanzi ahubwo ico zirigukora kozirikura muduce tumwe natumwe tukaza kwigarurirwa na M23, ingabo za RDC zikomeje kubahiriza Amasezerano yoguharika imirwano.”

Ibi umutwe wa M23 wabibeshuje aho Umuvugizi wabo mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka, aho yemeje ko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC,FDLR WAGNER na Wazando), kwaribo hubwo bagabye ibitero muri Kibumba na Buhumba bituma ingabo z’u mutwe wa M23 zirwanaho zirwana no k’ubaturage bakomeje gusukwaho ibisasu byaziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo.

Mu makuru agera kuri Minembwe Capital News, yahawe n’abantu bizewe baturiye Kivu y’Amajyaruguru, batubwiye ko imirwano hagati ya M23 n’ingabo za RDC, yatangiye igihe c’isaha zitatu (9:10Am) iza kugeza igihe c’isaha z’umugoroba , maze batubwirako iyo mirwano yiriwe ibera mubice biherereye muri Groupement ya Kibumba na Buhumba, aha akaba ari munkengero z’u Mujyi wa Goma.

Iy’i mirwano yabereye kandi mubice byo muri Groupemant ya Bambo aho byemejwe ko ingabo za FARDC zateye ibi bomba biza kwica abasivile benshi muri Bambo, teritware ya Rutsuru.

By Bruce Bahanda.

Tags: Christophe LutundulaYatangaje ko leta ye yiteze kugira ico ikora mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusasu rumwe mu Mujyi wa Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Intambara ikomeje kubera munkengero z'u Mujyi wa Goma, zatumye PAM, ihagarika ibikorwa muri utwo duce.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?