Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri wumutekano muri Kivu yamajy’Epfo, bwana Me Albert Rabani Msambya, yasuye ibice byo muri teritware ya Fizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri Me Albert Labani Msambya kugicamunsi cyokuruyu wambere, yageze i Baraka, aho yari muruzinduko rwakazi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 04/07/2023, saa 5:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mumujyi wa Baraka homuri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu Yamajy’Epfo, minisitiri wumutekano wa Province ya Kivu yamajy’Epfo bwana Me Albert Msambya, yari muruzinduko rwakazi mugace ka Baraka.

Mumakuru dukesha abari i Baraka nuko uyu munyacyubahiro yakiriwe neza n’umuyobozi w’umujyi wa Baraka, Madamu Emerite Tabisha Mongelwa.

Nyuma yoguhabwa icyubahiro, bwana Ministre Albert, yabwiye abaturiye Baraka ko aje kubegereza ubuyobozi maze aza nogushimira Perezida wa Repubulika, Umukuru w’igihugu, Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo kubera ibikorwa ngobyiza akomeje gukorera abaturage ba RDC bikomeje kubageza kumajyambere.

Minisitiri Me Albert yongeye gushimira Guverineri w’intara ya Kivu yamajy’Epfo, bwana Théo Ngwabidje Kasi kubera ikizere yagiriwe n’abenegihugu ba Fizi; yashimiye kandi abanywanyi bumugambwe uri kubutegetsi UDPS ndetse ashimira nabaturage bose baje kumwakira.

Yagize ati : “Naje i Baraka mu butumwa bwakazi nkora ikindi nuko naje gukorana na komiseri mukuru w’umuryango w’abibumbye ushinzwe impunzi muraka gace, kandi ndashaka nogusuzuma uko umutekano wifashe mu nkambi y’impunzi ya Lusenda na Mulongwe. Ariko kandi muruzinduko turakora kugirango dutange raporo mubategetsi bohejuru.”

Mugihe yarimo atanga ijambo kumbaga yabantu nyamwinshi bari bitabiriye, uyu muyobozi wo mwishaka riri kubutegetsi yasabye abaturage ba Baraka ndetse nomuri Fizi yose gushyigikira icyerekezo cy’umukuru w’igihugu na guverineri w’intara ndetse nokuzamuha amajwi mumatora ateganijwe kuba mumpera z’umwaka wa 2023.

Tags: BarakaFiziKivu Y'epfoMinisitiri Me Albert Rabani MsambyaYasuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

KINSHASA : The European Union “EU" reinforces it's support for different regional mechanisms working to bring peace to Eastern DRC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?