• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ministre Christophe Lutundula, Yerekanye Neza Ko Harimpaka Hagati Y’igihugu cye Nabayobozi Bagize EAC Kunshingano Zingabo Za EACRF.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya ya Kinshasa yavuze ko itemeranya nibitangazwa n’abayobozi batandukanye b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), ku nshingano z’Ingabo zigize uyumuryango ziri muburasirazuba bw’iki gihugu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 29.04.2023, saa 9:50 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ibyakomeje gutangazwa nabamwe mubayobozi bagize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), bikomeje kuzana impaka nimugihe bamwe bemeza ko ingabo za EACRF zitagiye muri RDC kurwanya inyeshamba zomumutwe wa M23. Kuri iyi ngingo habyutse impaka canee mu mpera z’iki Cyumweru, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kinshasa akaba na Minisitiri w’Intebe wungirije, Christophe Lutundula yagaragazaje ko kuvuga ko ingabo za EAC ziri muburasirazuba bwa RDC zidafite inshingano zo kurwanya imitwe y’iterabwoba, avuga ko ibi “Ari ukuvuga ibihabanye n’ibyaganiriweho kandi byanemejwe mubiganiro byabahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC).”

Amagambo ya Minisitiri Lutundula ahabanye naya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, nimugihe aheruka muri Amerika ubwo yaganiraga niritangaza makuru yavuze ko Ingabo za EAC zoherejwe muri RDC zidafite ubutumwa bwo kurwanya imitwe yitwaje intwaro.

Aya magambo ya Minisiiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Dr. Alfred Mutua asa n’ayari aherutse gutangazwa na President wa Tanzania, Samia Suluhu anyomoza abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bamaze igihe bavuga ko izi ngabo zagiye muri icyo gihugu kurwanya imitwe yitwaje intwaro, by’umwihariko M23.

Suluhu yavuze ko izo ngabo zagiye kubungabunga amahoro no gufasha impande zirwana mu Burasirazuba bwa RDC, gushyira intwaro hasi.

Nubwo Congo imaze igihe igaragarizwa ko ishobora kuba yarumvise nabi inshingano z’ingabo za EAC ikomeje kwakira ku butaka bwayo, Minisitiri Christophe Lutundula yongeye kugaragaza ko igihugu cye gishikamye ku byo cyatangaje.

Ati “Ntabwo twemeranya na we Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, kubera ko ibyo yatangaje bihabanye n’itangazo ryashyizwe hanze umwaka ushize ku wa 21.04.2022. Uyu mwanzuro ni wo waharuye inzira ku biganiro bya Nairobi ndetse uzanamo n’ingingo y’igisirikare.”

“Ibi bihabanye na gahunda yemejwe n’ibiganiro by’i Luanda ku umwaka ushize. Bihabanye kandi n’ibikwiriye kuba bikorwa kugira ngo Ingabo z’Akarere zongere kugarura isura yazo, ibi nta musaruro bitanga kandi mugomba kubyicuza.”

Minisitiri Lutundula yakomeje avuga ko “igihugu cye cyamaze kumenyesha EAC ko hari amavugurura akenewe kugira ngo ingabo z’uyu muryango zihindurirwe inshingano hagamijwe ko zirushaho gutanga umusaruro.”

Lutundula yakomeje avuga ko nubwo igihugu cye gikomeje kutavuga rumwe n’abandi bayobozi bo muri EAC, nta gahunda gifite yo kuva muri uyu muryango nk’uko byari bimaze igihe bisabwa na bamwe mu baturage.

Guhera mukwezi kwa 12 umwaka ushize, EAC yohereje Ingabo mu Burasirazuba bwa Congo zo gufasha impande zirwana gushyira hasi intwaro no kuyoboka inzira z’ibiganiro, nk’uko byagiye bifatwaho umwanzuro n’inama z’abakuru b’ibihugu byo mu karere.

Icyakora, Congo yagiye itangaza ibitandukanye, ikavuga ko by’umwihariko ingabo za EAC zaje kurwanya inyeshamba zomumutwe wa M23.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

President William Ruto, Yayoboye Umuhango Wokurahiza Umugaba Wingabo Za Kenya Musha.

Comments 2

  1. slots game free online says:
    3 years ago

    horseshoe baltimore slots online slots bonus free online igt slots slots game free online

  2. real slots says:
    3 years ago

    slot las vegas world free slots old vegas slots facebook real slots

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?