
IGITARAMO MURI BK ARENA I KIGALI CARANZWE NIBITANGAZA BIKOMEYE BYIMANA.
Umunya Uganda uzwi kwizina rya Apostle Grace Lubega, uyoboye phaneroo international Ministries ifite icicaro cayo gikuru i Kampala muri Uganda, yakoreye igiterane muri BK ARENA mugihugu c’u Rwanda, iki gitaramo ciswe Rwanda Revival Conferance, yakoze ibitangaza bikomeye, abarwaye barakira nibindi bitandukanye.
Iki giterane kikaba carateguwe namatorero atandukanye yomurwanda, kubufatanye na Manifest fellowship.
Nanone iki giterane kikaba cari giteguye muburyo bubiri aribwo uyu mugabo yapanze uko azakora.
Akababa yarabanje kugirana session yambere ubwo hari tariki 03/02/2023 nabakozi b’Imana batandukanye, harimo ab’Ashumba, ab’Aririmbyi, ab’Adiakoni muri Hilltop Hotel i Remera.
Iki giterane kikaba carageze kundunduro tariki 04/02/2023, ubwo cateraniye muri BK ARENA, kikitabirwa nibihumbi byinshi nabantu, kandi kwinjira byarubuntu.
Gahunda zokuramya noguhimbaza I’mana zikaba zari ziyobowe na True Promises hamwe na Elayone Music . Ndetse nyuma yaba bombi hakurikira James na Daniela, abaramyi beza bakunzwe nabenshi.