• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Moïse Katumbi, n’itsinda ayoboye bageze i Kinshasa mu murwa mukuru wa RDC aho bagiye gukurikirana iby’urupfu rwa Depite Chérubin Okende.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kugicyamunsi cyanone ku Cyumweru tariki 16 /07/2023, nibwo itsinda riyobowe na Moïse Katumbi, basesekaye mu Mujyi wa Kinshasa, gukurikirana ibyurupfu rwa Chérubin Okende.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 16/07/2023, saa 9:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Amakuru amaze kumenyekana nuko itsinda riyobowe n’a Moïse Katumbi, bamaze kugera mu Mujyi wa Kinshasa. Nimugihe bavaga i Lubumbashi bakaba baje gukurikikiranira hafi iby’urupfu rwa député Chérubin Okende, wahoze muriri shaka(Ichama), ryabo rya Ensemble Pour La République.

Bivugwa ko uwo mu député Chérubin Okende, y’ishwe urupfu rudasobanutse aho yabanjye gushimutwa nabantu baje bitwaje imbunda nyuma bakaza gusangaho yarasiwe, Umurambo we wari mumodo yiwe mumuyji wa Kinshasa hafi na Societé igurisha ibitoro (sep-congo). Umurambo we wabonetse wuzuye amaraso uteraguye n’ibyuma ndetse na Masasu.

Nkuko bivugwa byavuzwe ko i ryotsinda riyobowe n’a Moïse Katumbi, rizakurikirana iby’urupfu rwa Chérubin Okende munyuma bazaboneraho numwanya wogusura umuryango wa nyakwigendera aho bazaba bamaze gushingura maze iryotsinda rikazabona gutegura ikiriyo rusange mbese ikirio cyiryo Shaka yakoreragamo.

Tubibutseko urupfu rwa depute Chirubin rwakomeje guteza umutekano muke mubayobozi biryoshaka rya Ensemble Pour La République, ndetse nabandi bomuyandi Mashaka atandukanye atavuga rumwe na l’etat ya kinshasa.

Amahanga ndetse n’Amashirahamwe naza Societés Civiles bari kotsa igitutu l’etat ya Congo Kinshasa, gutanga umuco kurupfu rugayitse rwumuyobozi Chérubin Okende, wahoze ari Minisitiri w’ubwikorezi muri RDC.

Igihugu c’u Bubiligi giheruka kohereza inzobere z’ibumbiye mwishirahamwe mbese association ifite mugushaka ibimenyetso bizifashishwa mukumenya Inkomoko yurupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’ubwikorezi bwana Chérubin Okende, aba bazafatanya na Ministre wubutabera muri RDC kugirango bagaragaze umucyo ku rupfu rugayitse rwishe depute Chérubin Okende.

Tags: GukurikiranaItsindaKinshasaMoïse Katumbirwa Chérubin OkendeUrupfu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Abantu 8 nibo bapfuye bishwe n'a Gerenade yaturikiye hagati Munkambi ya Kibati.

Comments 1

  1. vorbelutrioperbir says:
    2 years ago

    Great post. I was checking continuously this blog and I am impressed! Extremely helpful info specially the last part 🙂 I care for such information much. I was seeking this certain info for a very long time. Thank you and best of luck.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?