Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Nyarugabo yageneye ubutumwa perezida w’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Moïse Nyarugabo yageneye ubutumwa perezida w’u Burundi.
165
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Nyarugabo yageneye ubutumwa perezida w’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Uwahoze ari umudepite muri RDC, akaba n’umunyamategeko, Moïse Nyarugabo, yasabye perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ko mu gihugu cye hubahirizwa uburenganzira bw’impunzi z’Abanye-kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ninyuma y’aho zikomeje guhohoterwa aho zirimo gufungwa muri iki gihugu cy’u Burundi.

Ubu butumwa, Nyarugabo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, yabunyujije kurubuga rwe rwa x, aho yagize ati: “Nyakubahwa perezida w’u Burundi, mboherereje ubu butumwa nk’uburyo bwonyine bwo kubagezaho byihuse, ku byerekeye ifatwa ry’Abanyamulenge baba mu gihugu cyanyu, ryateguwe muri iki gitondo.”

Yavuze ko abo Banyamulenge bari gufungwa bakiriwe n’u Burundi nk’impunzi mu myaka ishize mu gihe abandi bahatuye nk’abanyamahanga bahafite ibyo bakora.

Nyarugabo yanagaragaje kandi ko urutonde rw’Abanyamulenge bamaze gufatwa bafatiwe mu ma Quartier atandatu y’i Bujumbura mu Burundi, harimo Nyabugete, Mutakura, Kamenge, Jabe, Mutanga-Nord, Kanyosha na Nyakabiga.

Ndetse kandi yavuze ko hari n’abafatiwe ku mupaka wa Gatumba uhuza RDC n’u Burundi, ku itariki ya 08/2/2025, batararekurwa n’ubu.

Ninyuma y’aho kandi ku cyumweru hafashwe abantu benshi ahanini biganjemo abavuga ururimi rw’ikinyarwanda, cyane cyane Abanyamulenge.

Abaharanira uburenganzira bwa muntu bakorera mu gihugu cy’u Burundi, bavuga ko ibikorwa byo gufata abo bantu byabereye ahitwa i Buterere na Cibitoki, aho bafatwaga bagashyirwa mu bikamyo by’i gipolisi cy’u Burundi, ndetse hibazwa aho abafatwa barimo bajyanwa.

Gusa, kugeza ubu ntacyo ubutegetsi bw’u Burundi buragira icyo bubivugaho. Ariko muri iki gihugu hakomeje kwiyongera ibikorwa byo guhohotera abantu ndetse hakiyongeraho n’amagambo ateye impungenge avugwa nabamwe mu bayobozi b’iki gihugu.

Tags: AbanyamulengeBurundiUbutumwa
Share66Tweet41Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.

Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?