Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Monusco Muburasirazuba Bwa RDC, Yahakanye Amakuru Avuga Ko Hari Umusirikare W’a Kigali Wafatiwe Kubutaka Bwa-Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’umuryango wa bibumbye za Monusco ziri muburasirazuba bwa RDC zahakanye inkuru ivuga ko Colonel w’u Rwanda yafatiwe kubutaka bw’aCongo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 11.06.2023, saa 1:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ibiro by’ingabo za Monusco, muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, byahakanye amakuru aheruka gutangwa n’ibinyamakuru byico gihugu ko hari Colonel w’u Rwanda witwa Ngendahimana uheruka gufatigwa kubutaka bw’aCongo Kinshasa.

Imbuga nkorananyambaga, zabamwe mu BanyeCongo zimaze iminsi zicaho amakuru ko uyu musirikare aheruka gufatwa n’itsinda rya Wazalendo n’a Nyatura kuri hoteli yitwa Mont Songa muri Rutshuru.

Ni amakuru atarigeze avugwaho n’urwego urwo ari rwo rwose, haba na Leta ya RDC isanzwe ishinja ingabo z’u Rwanda gufasha M23, ariko ayamakuru yakomeje gukwirakwiza kumbuga nkoranya mbaga harimo niza WhatsApp ndetse n’a FCBK.

Ayamakuru yakwirakwijwe mu gihe leta ya Kigali yo isobanura ko ibi birego ishinjwa ari ibinyoma byambaye ubusa. Kigali igize igihe ivuga ko ntangabo zayo ziri kubutaka bw’aCongo Kinshasa.

Harandi makuru yakomeje avuga ko ingabo za MONUSCO ziri gusaba ko uwo musirikare arekurwa. Ibyo Monusco yise ibihuha birimo urugomo.

MONUSCO ikoresheje Urubuga rwabo rwa Twitter, yagize iti: “MONUSCO iranyomoza amakuru ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko iri kugira uruhare mu mishyikirano isaba ko ofisiye mukuru w’u Rwanda bivugwa ko yaba yarafatiwe muri RDC arekurwa. Aya makuru ni ibinyoma arimo urugomo.”

Mu gihe umubano w’u Rwanda na RDC ukomeje kuzamo agatotsi, ku mbuga nkoranyambaga hakomeza gukwirakwira amakuru avangavanze arebana n’ibihugu byombi, yiganjemo ibinyoma. Buri ruhande rusaba abenegihugu gufata iya mbere, bakayanyomoza.

Tags: MonuscoRdcumusirikarewa RDF
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Nyatura na Wazalendo, Baravugwaho Kunyaga Inka Zabo Mubwoko bw'Abatutsi. Naho Ingabo Za Barundi Ziremeza Ko Zishe Abarwanyi Ba M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?