• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mpuruyaha ku gitero gikomeye ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye i Nyangenzi.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2025
in Conflict & Security
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye igitero i Kavumu.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mpuruyaha ku gitero gikomeye ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye i Nyangenzi.

You might also like

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

Amakuru aturuka i Nyangenzi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko ku munsi w’ejo ku wa mbere hiriwe imirwano ikaze, aho yarishamiranyije ihuriro ry’ingabo za Congo n’abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Nk’uko aya makuru abisobanura nuko iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa mbiri z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere igeza igihe c’isaha ya saa moya n’igice z’u mugoroba wajoro, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Aya makuru anavuga ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC n’izo zagabye ibi bitero, zibigaba muri iki gice cya Nyangenzi gisanzwe kigenzurwa na AFC/M23.

Mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, ni bwo uyu mutwe wa M23 wabohoje iki gice, nyuma yo kucyirukanamo ingabo zirimo iza Congo iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo.

Aya makuru akomeza avuga ko iri huriro mu kugaba iki gitero ryaturutse mu nzira zine: “Inzira ya mbere za koresheje n’iya Kaliveli aho zaje ziturutse mu misozi igana i Mushyenyi.

N’iya Businga nayo iherereye uruhande rwa Ngomo werekeza i Uvira.

Indi nzira nanone iri huriro ryakoresheje rigaba ibyo bitero, niya Weza, ahari ikigo cy’ishuri ry’ikanisa rya Gatolika yo, uba uturuka i Kaziba.

Ni mu gihe nanone bakoresheje n’iya Kalengera ugana mu misozi iterera ya Nyangenzi.

Bivugwa ko iyo mirwano yumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, kandi ko yarangiye iri huriro ry’ingabo za Congo zisubijwe inyuma.

Nubwo ntacyo impande zombi ziratangaza, ariko amakuru yo kuruhande avuga ko iri huriro ryasubijwe inyuma nko mu ntera y’i birometero bibarirwa mu icumi nabitanu uvuye muri centre ya Nyangenzi.

Ubundi kandi imibare y’abapfuye ku ruhande rwa RDC nayo ntirashigwa hanze, ariko amakuru yibanze avuga ko hapfuye Wazalendo babarirwa mu mirongo, mu gihe abakomeretse bo babarirwa mu magana.

Ku ruhande rw’abaturage, bivugwa ko ntabahunze, gusa ibikorwa by’ubucuruzi byari byahagaze ubwo iyo mirwano yarimo iba, ariko uyu munsi ku wa kabiri bivugwa ko byongeye gusubukurwa.

Ibi bitero by’ejo ku wa mbere, bibaye ku nshuro ya kane kuva uyu mutwe wa M23 ubohoje iki gice.

Ariko uko iri huriro ry’ingabo za Congo zigabaga ibyo bitero, uyu mutwe ubisubiza inyuma, nk’uko wabikoze n’ejo hashyize.

Tags: IbiteroNyangenzi
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo Mu gace ka Cibanda, gaherereye i Kaziba muri teritwari ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye iturika...

Read moreDetails

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa Abagize umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umuyobozi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga Amakuru aturuka ku bakurikiranira hafi ibibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)...

Read moreDetails

RDC: Gen. Sultani Makenga Yatangaje ko 2026 Uzaba Umwaka w’Intambara Ikomeye mu Rugamba M23 Ivuga ko Rugamije “Kubohora Congo”

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
RDC: Gen. Sultani Makenga Yatangaje ko 2026 Uzaba Umwaka w’Intambara Ikomeye mu Rugamba M23 Ivuga ko Rugamije “Kubohora Congo”

RDC: Gen. Sultani Makenga Yatangaje ko 2026 Uzaba Umwaka w’Intambara Ikomeye mu Rugamba M23 Ivuga ko Rugamije “Kubohora Congo” Umugaba Mukuru w’igisirikare cy’umutwe wa M23, uzwi kandi ku...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo na FDLR baheruka guhunga mu Rugezi hamenyekanye ikibazo kibaremerereye.

Wazalendo na FDLR baheruka guhunga mu Rugezi hamenyekanye ikibazo kibaremerereye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?