Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2024
in Regional Politics
0
Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye umujyi muto wa Kanyabayonga utari kure cyane n’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, Goma, bari guhunga.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’urugamba rugize iminsi irenga itatu rubera mu nkengero ziyi centre ya Kanyabayonga, ho muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu makuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, aribyo dukesha iy’inkuru avuga ko byatangarijwe n’umutegetsi ukomeye mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ababwira ko abarwanyi ba M23 basigaje gusa ibirometre 5 kugira ngo binjire mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga.

Kandi asobanurira ibi biro ntara makuru by’Abafaransa ko ibyo biri mu byatumye ingabo zi rwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zihunga uyu mujyi mu ijoro ryo ku wa Kane zihungira mu misozi iri hejuru yiyi centre ariko nyuma zikongera kuyigarukamo.

Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba AFP yagize ati: “Ibintu bimeze nabi cyane muri Kanyabayonga.”

Undi muturage yabwiye AFP ati: “Muri centre ya Kanyabayonga nta musirikare wo ku ruhande rwa leta uyisigayemo, irahita ija mu maboko ya M23.”

Ibi biri mu byatumye abaturage bakomeza guhunga uyu mujyi muto wa Kanyabayonga, bari guhunga berekeza bamwe mu bice byafashwe na M23 abandi bari guhunga berekeza mu mashyamba ndetse na Goma.

Uyu mujyi muto wa Kanyabayonga ufatwa nk’u mujyi muto ukomeye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kandi ukaba wibitseho ubutunzi kamere.

Andi makuru n’uko Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yemeje ko M23 yafashe ibindi bice birimo Kyaghala, n’utundi duce turi mu nkengero zayo.

Ibyo bibaye mu gihe imirwano kandi ikomeje gukaza umurego mu misozi y’unamiye centre ya Sake iri mu ntera y’ibirometre 27 uvuye ku murwa mukuru wa Kivu Yaruguru.

           MCN.
Tags: Iri kuberaKanyabayongaKumirwanoMpuruyaha y'amakuruUmujyi muto wingenzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y’umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y'umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?