• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 23, 2025
in Conflict & Security
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

You might also like

Ubugizi bwa nabi bw’ingabo z’u Burundi ku Ndondo bukomeje gufata indi ntera.

Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.

Kabila wahoze ari perezida wa RDC yasabiwe igihano cy’urupfu.

Mu Bibogobogo hateguwe imishyikirano hagati y’Abanyamulenge Abapfulelo, Abanyindu yewe n’Ababembe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mishyikirano biteguwe ko iza kuba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatandu, aho iza kubera mu muhana neza wa Bibogobogo.

Umwe waho yabwiye Minembwe Capital News ko ibera mu gace kaho kitwa Mugisobe.

Ni mishyikirano amakuru agaragaza ko yateguwe na Colonel Ntagawa uyoboye batayo y’ingabo za FARDC zigenzura iki gice cya Bibogobogo.

Kandi ko yabiteguye afatanyije n’ingabo z’u Burundi ndetse n’abachefs b’impande zose, ba Banyamulenge, Abapfulelo, Abanyindu ndetse n’Ababembe.

Ubundi kandi na Wazalendo bayiraritswemo, ndetse ngo bahanguwe no kuza bitwaje n’imbunda mu rwego rwo kwerekana ko bemerewe kugera no mu bice bituwe n’Abanyamulenge abo bahoraga bahanganye.

Muri iyi mishyikirano ikegenderewe cyane ngo ni ugukangurira buri bwoko kwiyunvamo ubundi, maze ngo bose bagafatikanya kurwanira hamwe barwanya abo bavuga ko bateye iki gihugu.

Bibogobogo iyi igiye kuberamo imishyikirano, imaze kugabwamo ibitero bya Wazalendo birenga imirongo mu myaka umunani ishize Abanyamulenge barashoweho intambara n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Ubu butegetsi bukora biriya bitero bubinyujije mu mitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, iyo bwahinduye ibikoresho byabwo.

Kubera ibyo bitero, imihana y’Abanyamulenge yo muri iki gice ibarirwa mu mirongo yarasenyutse, abantu benshi baricwa, harimo n’ababuriwe irengero, ndetse n’abandi ibihumbi berekeza mu buhungiro.

Sibyo gusa kuko kandi n’amatungo yabo, inka ,ihene n’intama yaranyazwe.

Ariko kugeza ubu iki gice gihanamiye umujyi wa Baraka n’uwa Rusenda kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Tags: BibogobogoImishyikiranoWazalendo
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ubugizi bwa nabi bw’ingabo z’u Burundi ku Ndondo bukomeje gufata indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ubugizi bwa nabi bw'ingabo z'u Burundi ku Ndondo bukomeje gufata indi ntera. Abasirikare b'u Burundi bakorera mu bice by'i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara...

Read moreDetails

Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.

Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma. Abarwanyi bo muri Wazalendo bakorana byahafi n'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo bazindutse bagaba igitero mu...

Read moreDetails

Kabila wahoze ari perezida wa RDC yasabiwe igihano cy’urupfu.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

Kabila wahoze ari perezida wa RDC yasabiwe igihano cy'urupfu. Urukiko rukuru rw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwasabiye igihano cy'urupfu Joseph Kabila Kabange uwo Felix Tshisekedi yasimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y'i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa zayo i Doha...

Read moreDetails

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

"Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai," ubuhamya bukomeye. Inka umunani z'umugabo w'Umunyamulenge witwa Foma Hagaba, zari zaburiwe irengero kuva ku munsi w'ejo ku wa kane,...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?