• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

minebwenews by minebwenews
August 23, 2025
in Conflict & Security
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

You might also like

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Mu Bibogobogo hateguwe imishyikirano hagati y’Abanyamulenge Abapfulelo, Abanyindu yewe n’Ababembe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mishyikirano biteguwe ko iza kuba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatandu, aho iza kubera mu muhana neza wa Bibogobogo.

Umwe waho yabwiye Minembwe Capital News ko ibera mu gace kaho kitwa Mugisobe.

Ni mishyikirano amakuru agaragaza ko yateguwe na Colonel Ntagawa uyoboye batayo y’ingabo za FARDC zigenzura iki gice cya Bibogobogo.

Kandi ko yabiteguye afatanyije n’ingabo z’u Burundi ndetse n’abachefs b’impande zose, ba Banyamulenge, Abapfulelo, Abanyindu ndetse n’Ababembe.

Ubundi kandi na Wazalendo bayiraritswemo, ndetse ngo bahanguwe no kuza bitwaje n’imbunda mu rwego rwo kwerekana ko bemerewe kugera no mu bice bituwe n’Abanyamulenge abo bahoraga bahanganye.

Muri iyi mishyikirano ikegenderewe cyane ngo ni ugukangurira buri bwoko kwiyunvamo ubundi, maze ngo bose bagafatikanya kurwanira hamwe barwanya abo bavuga ko bateye iki gihugu.

Bibogobogo iyi igiye kuberamo imishyikirano, imaze kugabwamo ibitero bya Wazalendo birenga imirongo mu myaka umunani ishize Abanyamulenge barashoweho intambara n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Ubu butegetsi bukora biriya bitero bubinyujije mu mitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, iyo bwahinduye ibikoresho byabwo.

Kubera ibyo bitero, imihana y’Abanyamulenge yo muri iki gice ibarirwa mu mirongo yarasenyutse, abantu benshi baricwa, harimo n’ababuriwe irengero, ndetse n’abandi ibihumbi berekeza mu buhungiro.

Sibyo gusa kuko kandi n’amatungo yabo, inka ,ihene n’intama yaranyazwe.

Ariko kugeza ubu iki gice gihanamiye umujyi wa Baraka n’uwa Rusenda kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Tags: BibogobogoImishyikiranoWazalendo
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Kuva kwa AFC/M23 i Uvira Byasize Abaturage mu Kaga Gakomeye batewe na Wazalendo” – HRW

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira Umujyi wa Uvira winjiye mu mwijima w’akaga n’icuraburindi. Kuva ku Cyumweru tariki ya 18/01/2026, nyuma y’uko ingabo z’ihuriro...

Read moreDetails

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo Mu gace ka Cibanda, gaherereye i Kaziba muri teritwari ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye iturika...

Read moreDetails

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa Abagize umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umuyobozi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga Amakuru aturuka ku bakurikiranira hafi ibibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?