• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu Bibogobogo havutse amakimbirane hagati y’Abirwanaho n’abakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2025
in Conflict & Security
0
Mu Bibogobogo havutse amakimbirane hagati y’Abirwanaho n’abakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo havutse amakimbirane hagati y’Abirwanaho n’abakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, habaye ukutavuga rumwe hagati y’abachefs bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa n’abasore b’Abanyamulenge birwanaho baho.

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse umwe muri abo birwanaho yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bwe yatanze bugaragaza ko abasore ba Banyamulenge birwanaho baha mu Bibogobogo bari kwirasirwa cyane n’abamwe mu bachefs baho.

Ubwo butumwa yatanze bugira buti: “Abirwanaho baha mu Bibogobogo bari kwibasirwa cyane n’abachefs bakorera ubutegetsi bw’i Kinshasa.”

Yanagaragaje ko habaye na manama atandukanye, kandi ko yaragamije kwigira hamwe uko abasore ba Banyamulenge birwanaho bazajya bicwa ki bandi.

Ubundi kandi yanavuze ko muri ayo manama atandukanye atitabiriwe n’abo bachefs bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa bonyine, hubwo ko yanitabiriwe n’abasirikare ba Leta n’ingabo z’u Burundi ziba muri aka gace.

Yagize ati: “Twaje kumenya ko habaye inama zitatu ziyoborwa n’abachefs, kandi zitabirwa n’abasirikare ba Fardc n’ab’u Burundi baba hano. Bazigiyemo uko hoza hicwa abayobozi ba birwanaho baha mu Bibogobogo.”

Uyu watangaga ubu butumwa ariko ku bw’umutekano we yanga ko amazina ye aja hanze, yabusoje yamagana ayo manama y’urugomo rw’abachefs bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa agamije kwica abasore ba Banyamulenge birwanaho.

Ati: “Twamaganye igikorwa cy’urugomo kigamije kumena amaraso y’inzirakarengane. Kandi abagitegura ni abachefs. Turabazi. Bakorana byahafi n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.”

Bibogobogo ni agace kagizwe n’imihana irenga 10, kakaba gatuwe cyane n’Abanyamulenge. Aka gace karacyagenzurwa n’uruhande rurwanirira Leta y’i Kinshasa. Kuko karimo ingabo za FARDC n’iz’u Burundi.

Bizwi ko kagiye kibasirwa n’ibitero by’ihuriro rya Wazalendo, nubwo bizwi ko iri huriro ari umufatanyabikorwa wa hafi n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Ariko nubwo iryo huriro rikorana na FARDC kandi aka gace kakaba kagenzurwa n’uruhande rwa Leta, ntibibuza ko Wazalendo bakagabamo ibitero, kandi bakabigaba ahatuwe n’Abanyamulenge.

Muri ubwo buryo abasore ba Banyamulenge birwanaho bakirwanaho. Igitangaje uruhande rw’abachefs bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa bakangurira aba basore birwanaho kudashigikira umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Hejuru y’ibyo ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zibishishikariza cyane uru rubyiruko rw’Abanyamulenge, ndetse hari nubwo barubwira ko mu gihe rwogaragaza ko rudashigikiye uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 muri icyo Abanyamulenge ntibozigera bagabwagaho ibitero bya Wazalendo ukundi.

Tags: AbachefsAbirwanahoBibogobogo
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Unveiling the Truth About the side Monitoring Rugezi and Surrounding Areas Amid of Tensions Between Twirwaneho/M23 and Kinshasa’s Government

Iby'imirwano ikomeye yabereye i Masisi na Walikale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?