• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu bice byo muri grupema ya Kanyaboyonga harikumvikana ibiturika bikomeye byatumye haba uguhungabana ku mu tekano.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2024
in World News
0
Mu bice byo muri grupema ya Kanyaboyonga harikumvikana ibiturika bikomeye byatumye haba uguhungabana ku mu tekano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu bice byo muri grupema ya Kanyaboyonga haravugwa ibiturika bikomeye byatumye haba uguhungabana ku mu tekano.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27/05/2024, humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, mu bice byo muri grupema ya Kanyabayonga, ho muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uru rusaku rw’imbunda ziremereye rw’umvikaniye neza mu duce turihafi na centre ya Kanyabayonga, kandi ibyo byatumye umutekano uba mubi, ndetse ibikrwa bisanzwe birahagarara.

Amakuru minembwe Capital News dukesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko ibyo byatumye amasomo ahagarara ndetse ko n’ibindi bikorwa byinshi byahise bihagarara.

Amakuru akomeza avuga ko uru rusaku rw’amasasu ruri ku mvikanira no mu tundi duce duturiye grupema ya Kanyabayonga.

Gusa, abaturage bahaye Minembwe Capital News ay’amakuru bavuze ko nta bizwi ku byimbitse kuri iy’i mirwano. Kandi bavuga ko bitaramenyekana ko iyo mirwano yoba yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Kimweho m23 yari mu bice byaho hafi byo muri grupema ya Kanyabayonga.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize, muri Kanyabayonga hari hatewe ibisasu byo mu bwoko bwa Lockets. kandi ibyo bisasu byavuzwe ko byangirije inyubako z’abaturage, biravugwa ko kandi byari byatewe n’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Tu bibutsa ko grupema ya Kanyabayonga ko ari yo grupema yonyine isigaye yo muri teritware ya Rutshuru itarafatwa na M23.

            MCN.
Tags: IbiturikaIhuriro ry'Ingabo za RDCKanyabayongaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo w’u Munyamulenge yishwe arashwe na Wazalendo, arasirwa mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umugabo w'u Munyamulenge yishwe arashwe na Wazalendo, arasirwa mu bice byo mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?