• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa intambara ikomeye mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ahagana isaha ya saa tatu n’igice z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, n’ibwo urusaku rw’imbunda ziremereye zumvikaniye mu bice bya Buringa, muri Komine Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iki gitero ki kaba cyaragabwe ahari ibirindiro by’igisirikare cy’u Burundi, bi herereye neza ku muhanda ufite nimero ya 5, aho i Buringa.

Ibinyamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi byinshi bya tangaje ay’amakuru, aho nku rubuga rwa King Umurundi, rwa vuze ko abanyagihugu baturiye ibice bya Buringa no mu nkengero zaho ko batangiye kumva urusaku rw’imbunda igihe cisaha zitatu ni minota ma kumyabiri numwe z’ijoro rya keye.

Uru rubuga ruvuga ko abagabye icyo gitero ko kugeza ubu bataramenyekana ariko ko bikekwa kwari Red Tabara, ko kandi baje bitwaje imbunda ziremereye, ndetse ko bari benshi.

Bamwe mu baturage baturiye ibyo bice ba bwiye iki kinyamakuru cya King Umurundi, ati: “Twumvise urusaku rw’imbunda zikomeye cyane, ariko abagabye icyo gitero ntituzi iyo baje bava n’abaribo, gusa bikekwa kwari Red Tabara, n’ubwo tutaramenya abaribo.”

Muri bimwe byangirijwe niyo mirwano, King Umurundi, dukesha iy’i nk’uru, ivuga ko hamaze ku menyekana abagera kuri 6 abandi benshi barimo n’abasirikare b’u Burundi bakaba bakomerekeye muri icyo gitero.

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko habonetse n’imodoka zibiri, zigisirikare cy’u Burundi zatwitswe ziratokombera, zitwitswe n’abo bagabye igitero.

Iy’i nk’uru ivuga kandi ko ibiro by’i Shyaka riri k’ubutegetsi rya CNDD FDD, byari i Buringa ahabereye intambara ko nabyo ba bihaye inkongi y’umuriro birangira bihindutse umuyonga.

Ati: “Abaturage ba tubwiye ko ibiro by’i Shyaka rya CNDD FDD, byari biherereye i Buringa ko byahiye bitokombera.”

Mu mpera z’u mwaka ushize nibwo kandi mu Burundi hagabwe igitero cyo bivugwa ko cyagabwe n’umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara. Icyo gitero cya gabwe mu bice bya Gatumba bihana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

                MCN.
Tags: BubanzaBurundiIgiteroIntambara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Umushumba mukuru w'idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?