Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa intambara ikomeye mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ahagana isaha ya saa tatu n’igice z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, n’ibwo urusaku rw’imbunda ziremereye zumvikaniye mu bice bya Buringa, muri Komine Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iki gitero ki kaba cyaragabwe ahari ibirindiro by’igisirikare cy’u Burundi, bi herereye neza ku muhanda ufite nimero ya 5, aho i Buringa.

Ibinyamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi byinshi bya tangaje ay’amakuru, aho nku rubuga rwa King Umurundi, rwa vuze ko abanyagihugu baturiye ibice bya Buringa no mu nkengero zaho ko batangiye kumva urusaku rw’imbunda igihe cisaha zitatu ni minota ma kumyabiri numwe z’ijoro rya keye.

Uru rubuga ruvuga ko abagabye icyo gitero ko kugeza ubu bataramenyekana ariko ko bikekwa kwari Red Tabara, ko kandi baje bitwaje imbunda ziremereye, ndetse ko bari benshi.

Bamwe mu baturage baturiye ibyo bice ba bwiye iki kinyamakuru cya King Umurundi, ati: “Twumvise urusaku rw’imbunda zikomeye cyane, ariko abagabye icyo gitero ntituzi iyo baje bava n’abaribo, gusa bikekwa kwari Red Tabara, n’ubwo tutaramenya abaribo.”

Muri bimwe byangirijwe niyo mirwano, King Umurundi, dukesha iy’i nk’uru, ivuga ko hamaze ku menyekana abagera kuri 6 abandi benshi barimo n’abasirikare b’u Burundi bakaba bakomerekeye muri icyo gitero.

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko habonetse n’imodoka zibiri, zigisirikare cy’u Burundi zatwitswe ziratokombera, zitwitswe n’abo bagabye igitero.

Iy’i nk’uru ivuga kandi ko ibiro by’i Shyaka riri k’ubutegetsi rya CNDD FDD, byari i Buringa ahabereye intambara ko nabyo ba bihaye inkongi y’umuriro birangira bihindutse umuyonga.

Ati: “Abaturage ba tubwiye ko ibiro by’i Shyaka rya CNDD FDD, byari biherereye i Buringa ko byahiye bitokombera.”

Mu mpera z’u mwaka ushize nibwo kandi mu Burundi hagabwe igitero cyo bivugwa ko cyagabwe n’umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara. Icyo gitero cya gabwe mu bice bya Gatumba bihana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

                MCN.
Tags: BubanzaBurundiIgiteroIntambara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Umushumba mukuru w'idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?