• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Darfur, mu gihugu cya Sudan byatangajwe ko harimo gukorwa jenoside yibasiriye abatari Abarabu.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in Regional Politics
0
Mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Darfur, mu gihugu cya Sudan byatangajwe ko harimo gukorwa jenoside yibasiriye abatari Abarabu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage batari Abarabu bo mu Ntara ya Darfur bari kurimburwa n’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bwa Sudan.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human Rights Watch (HRW), niwo watabarije aba baturage bari gukorerwa ubwicanyi bazira ubwoko bwabo bo mu Ntara ya Darfur.

Nk’uko Human Rights Watch ibivuga n’uko ubwo bwicanyi ahanini buri gukorerwa mu Burengerazuba bwa Sudan, kandi ko uko kuri mbura abatari Abarabu bikorwa n’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bw’icyo gihugu za RSF.

Icyegeranyo uyu muryango washize hanze kuri uyu wa Kane, w’ejo hashize tariki ya 09/5/2024, wagaragaje ko Rapid Support Force n’indi mitwe yitwara gisirikare ifatanije nayo, yiganjemo cyane aba Massalit n’andi moko atari ay’Abarabu muri leta ya Darfur y’uburengerazuba bari gukora jenoside.

Iki cyegeranyo kivuga ko bamaze kwica ibihumbi, bafata ku ngufu, barasahura. Ibi ngo bikaba byaratangiye ubwo intambara ya dukaga muri Sudan, hagati ya RSF n’ingabo za leta y’icyo gihugu mu kwezi kwa Kane umwaka ushize.

Iy’i mirwano ikaba imaze gusiga abaturage barenga 500.000 baravuye mu byabo , bamwe muribo bambuka umupaka, bahungira mu bindi bihugu.

Human Rights Watch igasobanura ko ibi ari byaha byo mu ntambara n’ibyaha byibasira inyokomuntu. Isanga kandi RSF ifite umugambi wo kwirukana no guca iwabo burundu ayo moko.

Uretse ibyo, HRW yemeza ko, ukurikije ukuntu RSF n’abafatanije nayo bakora ubwicanyi bisa na none n’aho bafite ‘umugambi wo gutsemba bakamaraho ubwoko bibasiye. Ibi WRW yavuze ko ari jenoside irimo gukorerwa.

HRW ikaba yasabye umuryango w’Abibumbye n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika gufata ingamba zihutirwa, zirimo kubuza Sudan kugura intwaro, gufatira ibihano abakora amabi, no kohereza ingabo zo kurengera abasivile.

Hagati aho n’ubwo HWR itatanze umubare wabaguye muri ubwo bwicanyi ariko umuryango w’Abibumbye uherutse kubarura abantu bagera 15,000 biciwe ahitwa El-Geneina, muri Centre neza rwagati y’i Ntara ya Darfur y’uburengerazuba.

          MCN.
Tags: DarfurJenoside
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.

Perezi w'u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko "Abarundi" bagoye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?