• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Darfur, mu gihugu cya Sudan byatangajwe ko harimo gukorwa jenoside yibasiriye abatari Abarabu.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in Regional Politics
0
Mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Darfur, mu gihugu cya Sudan byatangajwe ko harimo gukorwa jenoside yibasiriye abatari Abarabu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage batari Abarabu bo mu Ntara ya Darfur bari kurimburwa n’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bwa Sudan.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human Rights Watch (HRW), niwo watabarije aba baturage bari gukorerwa ubwicanyi bazira ubwoko bwabo bo mu Ntara ya Darfur.

Nk’uko Human Rights Watch ibivuga n’uko ubwo bwicanyi ahanini buri gukorerwa mu Burengerazuba bwa Sudan, kandi ko uko kuri mbura abatari Abarabu bikorwa n’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bw’icyo gihugu za RSF.

Icyegeranyo uyu muryango washize hanze kuri uyu wa Kane, w’ejo hashize tariki ya 09/5/2024, wagaragaje ko Rapid Support Force n’indi mitwe yitwara gisirikare ifatanije nayo, yiganjemo cyane aba Massalit n’andi moko atari ay’Abarabu muri leta ya Darfur y’uburengerazuba bari gukora jenoside.

Iki cyegeranyo kivuga ko bamaze kwica ibihumbi, bafata ku ngufu, barasahura. Ibi ngo bikaba byaratangiye ubwo intambara ya dukaga muri Sudan, hagati ya RSF n’ingabo za leta y’icyo gihugu mu kwezi kwa Kane umwaka ushize.

Iy’i mirwano ikaba imaze gusiga abaturage barenga 500.000 baravuye mu byabo , bamwe muribo bambuka umupaka, bahungira mu bindi bihugu.

Human Rights Watch igasobanura ko ibi ari byaha byo mu ntambara n’ibyaha byibasira inyokomuntu. Isanga kandi RSF ifite umugambi wo kwirukana no guca iwabo burundu ayo moko.

Uretse ibyo, HRW yemeza ko, ukurikije ukuntu RSF n’abafatanije nayo bakora ubwicanyi bisa na none n’aho bafite ‘umugambi wo gutsemba bakamaraho ubwoko bibasiye. Ibi WRW yavuze ko ari jenoside irimo gukorerwa.

HRW ikaba yasabye umuryango w’Abibumbye n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika gufata ingamba zihutirwa, zirimo kubuza Sudan kugura intwaro, gufatira ibihano abakora amabi, no kohereza ingabo zo kurengera abasivile.

Hagati aho n’ubwo HWR itatanze umubare wabaguye muri ubwo bwicanyi ariko umuryango w’Abibumbye uherutse kubarura abantu bagera 15,000 biciwe ahitwa El-Geneina, muri Centre neza rwagati y’i Ntara ya Darfur y’uburengerazuba.

          MCN.
Tags: DarfurJenoside
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.

Perezi w'u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko "Abarundi" bagoye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?