• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in World News
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

You might also like

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy’u Burusiya, ihitana abantu 48.

Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi umwe ijya mu wundi imbere muri iki gihugu.

Aya makuru akomeza avuga ko iyi ndege yagize ibibazo mbere y’uko igwa ku butaka, aho yahise ikora impanuka ikomeye cyane.

Abategetsi bo muri iki gihugu cy’u Burusiya ni bo bemeje aya makuru, bavuga ko mubari muri iyo ndege nta n’umwe wigeze arokoka.

Banemeza kandi ko ibikorwa by’ubutabazi ko byahise bitangira kugira ngo harebwe icyateye iyo mpanuka.

Nk’uko babivuga nuko iperereza ryatangiye ngo hamenyekane impamvu nyayo y’iyo mpanuka, mu gihe imiryango yabuze ababo ikomeje gushengurwa n’agahinda.

Ubuyobozi bwo mu Burusiya burasaba abaturage gukomeza kwihangana no gutegereza amakuru yizewe.

Binavugwa ko iyi mpanuka ko yongeye kwibutsa isi yose ko umutekano mu bwikorezi bwo mu kirere ugomba kwitabwaho bihagije.

Tags: ImpanukaIndegeU Burusiya
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje amagambo akakaye ku Banyapolitiki b’i Burayi,...

Read moreDetails

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo Amakuru yizewe yemeza ko Perezida João Lourenço wa Angola, ubu uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU)...

Read moreDetails

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’Amerika gishinzwe ibikorwa mu majyepfo (U.S. Southern Command) bwatangarije...

Read moreDetails

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro n’umukuru w’igihugu cy’u...

Read moreDetails
Next Post
Guverineri wari warabuze muri RDC yongeye kugaragara.

Guverineri wari warabuze muri RDC yongeye kugaragara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?